Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kwibuka Ni Intango Y’Ubudaheranwa Bw’Abanyarwanda- Jeannette Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kwibuka Ni Intango Y’Ubudaheranwa Bw’Abanyarwanda- Jeannette Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2025 3:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu wa Perezida wa Repubulika akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, Jeannette Kagame avuga ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari intangiriro y’Ubumwe n’Ubudaheranwa by’Abanyarwanda.

Mu butumwa yageneye Abanyarwanda yagize ati: “Kwibuka ni intango y’Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda”.

Mu butumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Mata 2025, abugenera Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Jeannette Kagame yasabye abakiri bato kuzirikana amateka yabaye mu gihugu cyabo, agashimira abarokotse Jenoside kwirenga bagaragaje bakababarira kanddi bagaharanira kubaho.

Ati: “Ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, tuzirikana iteka kwirenga kwanyu no guharanira kubaho. N’ubwo dukomeje gusobanura ukuri kw’amateka yacu  nyuma y’imyaka 31, Abanyarwanda twese ntiducika intege”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yasabye urubyiruko gukomeza kubaka u Rwanda ruzira kuzima.

Ubutumwa bw’Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, Nyakubahwa Madamu @FirstLadyRwanda , yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

“Kwibuka ni intango y’Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda!

Ku barokotse Jenoside… pic.twitter.com/ktPwPRphZg

— Unity Club (@UnityClubRw) April 11, 2025

Unity Club ni umuryango uhuriwemo n’abagabo n’abagore bari mu nzego nkuru z’ubuyobozi bw’igihugu n’abazihozemo n’abafasha b’abari muri izo nzego.

Washinzwe tariki 28, Gashyantare, 1996.

 

- Advertisement -
TAGGED:featuredJeannetteJenosideKagameKwibukaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanya Turikiya Bahamijwe Kunekera Mossad
Next Article Nyanza: Gitifu Afungiye Gutwara Amafaranga Y’Abaturage Ya Mutuelle
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?