Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kwibuka Ni Intango Y’Ubudaheranwa Bw’Abanyarwanda- Jeannette Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kwibuka Ni Intango Y’Ubudaheranwa Bw’Abanyarwanda- Jeannette Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2025 3:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu wa Perezida wa Repubulika akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, Jeannette Kagame avuga ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari intangiriro y’Ubumwe n’Ubudaheranwa by’Abanyarwanda.

Mu butumwa yageneye Abanyarwanda yagize ati: “Kwibuka ni intango y’Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda”.

Mu butumwa yatanze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Mata 2025, abugenera Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Jeannette Kagame yasabye abakiri bato kuzirikana amateka yabaye mu gihugu cyabo, agashimira abarokotse Jenoside kwirenga bagaragaje bakababarira kanddi bagaharanira kubaho.

Ati: “Ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, tuzirikana iteka kwirenga kwanyu no guharanira kubaho. N’ubwo dukomeje gusobanura ukuri kw’amateka yacu  nyuma y’imyaka 31, Abanyarwanda twese ntiducika intege”.

Yasabye urubyiruko gukomeza kubaka u Rwanda ruzira kuzima.

Ubutumwa bw’Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, Nyakubahwa Madamu @FirstLadyRwanda , yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

“Kwibuka ni intango y’Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda!

Ku barokotse Jenoside… pic.twitter.com/ktPwPRphZg

— Unity Club (@UnityClubRw) April 11, 2025

Unity Club ni umuryango uhuriwemo n’abagabo n’abagore bari mu nzego nkuru z’ubuyobozi bw’igihugu n’abazihozemo n’abafasha b’abari muri izo nzego.

Washinzwe tariki 28, Gashyantare, 1996.

 

TAGGED:featuredJeannetteJenosideKagameKwibukaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanya Turikiya Bahamijwe Kunekera Mossad
Next Article Nyanza: Gitifu Afungiye Gutwara Amafaranga Y’Abaturage Ya Mutuelle
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?