Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Linda Yaccarino: Umuyobozi Mushya Wa Twitter
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Linda Yaccarino: Umuyobozi Mushya Wa Twitter

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 May 2023 8:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Elon Musk yatangaje ko Linda Yaccarino ari we wamusimbuye ku buyobozi bwa Twitter ku rwego rw’isi. Yaccarino ni umugore wavutse mu mwaka wa 1963 akaba asanzwe ari inzobere mu by’itumanaho.

Afite inkomoko mu Butaliyani akaba yarize itumanaho muri Kaminuza ya Pennsylvania State University, aho yakuye impamyabumenyi mu by’itumanaho mu mwaka wa 1985.

Kuva icyo gihe yakoze mu nzego z’itumanaho mu bigo bitandukanye harimo ikitwa Turner Entertainment yakoreye mu gihe cy’imyaka 15.

Mu mwaka wa 2011 yakoreye ikigo cy’itangazamakuru kitwa NBC Universal, akora mu ishami ryishinzwe kwamamaza n’abaguzi.

Mu mwaka wa 2018 Perezida Donald Trump yamuhaye inshingano nu Nama ishinzwe ibya Siporo, kugorora ingingo n’imirire.

Linda Yaccarino yakomeje gukora mu nzego zo hejuru za Amerika k’uburyo yakoze no muri manda ya Perezida Biden, aho yari ari mu itsinda ryari ririmo na Papa Francis ryashishikarizaga abatuye isi kwemera guterwa urukingo rwa COVID-19.

Yakoze no muri World Economic Forum.

Ubwo Musk yatangazaga ko Yaccarino agizwe umuyobozi wa Twitter, hari bamwe batangaje ko izo nshingano zizatuma adakomeza gukorana na World Economic Forum, ariko we[Musk] avuga ko Linda afite ubushobozi bwo kubikora byombi nta gipfuye.

Abari basanzwe ari abashoramari mu bigo bya Musk birimo na Tesla batangiye kumugarurira icyizere ndetse bituma n’umugabane w’iki kigo ku isoko mpuzamahanga ry’imari uzamura agaciro.

TAGGED:featuredImariIsokoTeslaTwitterUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Muri Congo Brazzaville
Next Article Kimironko Huzuye Ikibuga Gishya Cya Basketball
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?