Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lionel Messi Azaguma Muri Barcelona Yemere Ahembwe Macye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Lionel Messi Azaguma Muri Barcelona Yemere Ahembwe Macye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2021 9:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rutahizamu uri mu byamamare bikomeye kurusha ibindi ku isi, Leonel Messi yatangaje ko azemera guhembwa make ariko agume FC Barcelona.

Ibinyamakuru byo muri Espagne bivuga ko Messi yemeye kuguma muri FC Barcelona mu gihe cy’indi myaka itanu n’ubwo azaba akora ahembwa make ugereranyije n’ayo yahembwaga.

Ikinyamakuru L’Esportiu cyandika Siporo muri Espagne kivuga ko Messi yemeye kuzahembwa miliyoni 600 z’ama Euro ni ukuvuga miliyoni 709$

Aya mafaranga yagabanutseho 50% by’ayo yahembwaga yose.

Biteganyijwe ko ari buhure n’abanyamategeko be bakaganira uko ariya mafaranga azajya ayahabwa, ibyo bemeranyijweho bikazatangazwa mu minsi mike iri imbere.

Bivugwa ko ku ikubitiro, Messi w’imyaka 34 azahabwa miliyoni 20 z’ama Euro y’agahimbazamusyi, akazayahabwa na Balcelona mu rwego rwo kumushimira inshuro amaze ayigeza ku mikino ya nyuma kandi igatwara ibikombe.

Mu mpeshyi y’umwaka ushize, Messi yashatse gusesa amasezerano yari asanganywe na FC Balcelona avuga ko ari we ubwe wabifashemo umwanzuro, ariko ubuyobozi bw’iriya kipe buvuga ko nabikora azajyanwa mu nkiko, ibi bikaba aribyo byatumye ahindura ibitekerezo.

Ikindi cyari cyamukuruye ni uko mugenzi we akaba n’inshuti ye witwa Neymar nawe yavugaga ko bazifatanya bagashaka uko bajyana muri Paris Saint Germain.

Messi ngo arahenze cyane

Hari ikinyamakuru cyo muri Espagne cyanditse kivuga ko uriya mukinnyi asanzwe ahenda cyane k’uburyo ubukungu bwa Balcelona ‘buri mu manegeka.’

El Mundo ivuga Messi ahenda mu buryo bwinshi harimo n’amafaranga yahabwaga kubera kwamamaza Barcelona.

TAGGED:AmafarangaBalcelonafeaturedNeymarUmupiraUmushahara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Minisiteri Y’Ubumwe Bw’Abanyarwanda Ije Gusimbura Komisiyo Y’Ubumwe Bwabo?
Next Article Umwami W’Abazulu Ari Gukomakoma Ngo Amahoro Agaruke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?