Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Lionel Sentore Yatumiye Perezida Kagame Mu Gitaramo ‘Uwangabiye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Lionel Sentore Yatumiye Perezida Kagame Mu Gitaramo ‘Uwangabiye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 July 2025 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Lionel Sentore mu kiganiro n'abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 25, Nyakanga, 2025.
SHARE

Umuhanzi Lionel Sentore yabwiye itangazamakuru ko yoherereje ubutumire Perezida Paul Kagame ngo azitabire igitaramo ari gutegura yise ‘Uwangabiye’.

Avuga ko ageze kure agitegura, kikazabera  ageze kure imyiteguro y’igitaramo cye ‘Uwangabiye’ giteganyijwe kubera muri Camp Kigali kuri uwa 27, Nyakanga 2025.

Ni igitaramo cyatumiwemo umuryango w’umukuru w’igihugu nk’uko Lionel Sentore yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu 25, Nyakanga, 2025.

Mugenzi we witwa Jules Sentore bazafatanya muri icyo gitaramo yasabye Abanyarwanda bakunda injyana gakondo kuzitabira kiriya gitaramo, akemeza ko kubikora ari bumwe mu buryo bwiza bwo guteza imbere abahanzi b’iwabo.

Akoresheje umugani yagize ati: “Ujya gutera uburezi arabwibanza.  Ntekereza ko abahanzi nyarwanda bakwiriye kuba banini ku isoko mpuzamahanga. Amafaranga ahabwa abahanzi b’i mahanga akwiriye no gusaranganywa ku benegihugu”.

Abandi bahanzi bazafasha Lionel Sentore ni Ruti Joël  n’Itorero Ishyaka ry’Intore.

Itike ya make igura ibihumbi 10 Frw. Ni mu gihe ameza y’abantu umunani yishyurwa Frw 200,000 cyangwa Frw 500,000.

Indirimbo ‘Uwangabiye’ iri mu zakoreshejwe cyane mu gihe cyo kwamamaza uwari umukandida w’Umuryango FPR-Inkotanyi mu matora yabaye mu mpeshyi ya 2024.

Yari Perezida Paul Kagame.

TAGGED:GakondoInjyanaKagameSentoreUwangabiye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukingo Ntiruhagije Mu Kurinda Afurika Ibyorezo-Ubukangurambaga Na Siyansi Ni Ingenzi
Next Article Gasabo-Nyarugenge: Umukwabo Wa Polisi Wo Gufata Urumogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Airtel-Rwanda Na Mbonyi Barabararitse Mu Gitaramo Icyambu Tour 4

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?