Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: M23 Irigamba Guhanura Indi Drone Ya DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

M23 Irigamba Guhanura Indi Drone Ya DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2024 7:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Lawrence Kanyuka uyobora M23 yatangaje ko abasirikare be baraye bahanuye indi drone y’ingabo za DRC.

Bikubiye mu butumwa uyu mugabo yacishije kuri X.

Yavuze ko iriya drone ari iya FARDC akanenga ko izi ngabo zikorana na Wazalendo na FDLR kandi aba ari abantu bakorera ubwicanyi abavuga Ikinyarwanda.

Yasabye Umuryango mpuzamahanga guhaguruka ukamagana ibyo bakora kuko byibasira inyoko muntu.

Ikindi ni uko ngo bibabaje kuba Perezida Tshisekedi ariwe urebera ubwicanyi bukorerwa abaturage b’igihugu cye.

Kanyuka anenga ko n’ingabo za MONUSCO zafatanyije niza SADC kwibasira abavuga Ikinyarwanda.

Lawrence Kanyuka

Umuyobozi wa M23 avuga ko Tshisekedi akwiye gukurikiranwa kubera kwibasira abavuga Ikinyarwanda muri Repubulika ya Demukarasiya Congo.

TAGGED:dronefeaturedKanyukaM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Akamanzi Yitabiriye Umukino Wa Mbere Wa Shampiyona Ya Basket Nyarwanda
Next Article Umuvugizi Wa Guverinoma Ya DRC Yashyizeho Ifoto Y’Ururpfu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?