Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: M23 Irigamba Guhanura Indi Drone Ya DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

M23 Irigamba Guhanura Indi Drone Ya DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2024 7:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Lawrence Kanyuka uyobora M23 yatangaje ko abasirikare be baraye bahanuye indi drone y’ingabo za DRC.

Bikubiye mu butumwa uyu mugabo yacishije kuri X.

Yavuze ko iriya drone ari iya FARDC akanenga ko izi ngabo zikorana na Wazalendo na FDLR kandi aba ari abantu bakorera ubwicanyi abavuga Ikinyarwanda.

Yasabye Umuryango mpuzamahanga guhaguruka ukamagana ibyo bakora kuko byibasira inyoko muntu.

Ikindi ni uko ngo bibabaje kuba Perezida Tshisekedi ariwe urebera ubwicanyi bukorerwa abaturage b’igihugu cye.

Kanyuka anenga ko n’ingabo za MONUSCO zafatanyije niza SADC kwibasira abavuga Ikinyarwanda.

Lawrence Kanyuka

Umuyobozi wa M23 avuga ko Tshisekedi akwiye gukurikiranwa kubera kwibasira abavuga Ikinyarwanda muri Repubulika ya Demukarasiya Congo.

TAGGED:dronefeaturedKanyukaM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Akamanzi Yitabiriye Umukino Wa Mbere Wa Shampiyona Ya Basket Nyarwanda
Next Article Umuvugizi Wa Guverinoma Ya DRC Yashyizeho Ifoto Y’Ururpfu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?