Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: M23 Yerekanye Abo Ivuga Ko Ari Ingabo Za DRC Yafashe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

M23 Yerekanye Abo Ivuga Ko Ari Ingabo Za DRC Yafashe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2024 6:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Bamwe muri bo baracyari bato. Ifoto yakuwe muri video yatangajwe na M23
SHARE

Video bivugwa ko yafashwe ku wa Kane tariki 26 Ukuboza, 2024 niyo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga bikozwe na Lt Col  Willy Ngoma  uvugira M23.

Ni amashusho arimo abantu bambaye imyambaro ya gisirikare iriho ibendera rya DRC  n’abasivile, M23  yemeza ko ari abo mu ngabo za Congo n’abo bafatanya barimo urubyiruko rwa Wazalendo n’abo muri FDLR.

Muri abo bantu harimo umwana ufite imyaka 13, abo muri M23 bakavuga ko uwo mwana ari urugero rwerekana ko FDLR ikoresha abana ku rugamba kandi bitemewe.

Ubwo iyi nkuru yasohokaga, ntacyo ingabo za DRC zari zatangaje kubyo zishinjwa.

Ikindi ni uko muri iyi video nta muntu wahawe umwanya ngo yivuge, avuge nabo bakorana.

Bafatiwe ahitwa Alimbongo muri Teritwari ya Lubero nk’uko M23 ibivuga, aka kakaba agace kamaze iminsi karimo imirwano ikomeye.

M23 kandi yerekanye intwaro ivuga ko yambuye abo barwanyi zirimo imbunda ziremereye za machine guns, amasanduku arimo amasasu ….

TAGGED:AbanaImirwanoIngaboIntambaraLuberoM23Ngoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Koreya y’Epfo: Indege Yaguyemo Abantu 179
Next Article Mozambique: Inzego Z’Umutekano Z’u Rwanda Zakoreye Abaturage Umuganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Côte d’Ivoire: Miliyoni Umunani Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?