Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Macinya Irembeje Abatuye Bujumbura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Macinya Irembeje Abatuye Bujumbura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2023 9:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Bujumbura haravugwa indwara ya macinyamyambi (le cholera) yibasiye abaturage. Ni indwara iterwa no kurya cyangwa kunywa ibintu bifite udukoko twanduza amara.

Uyirwaye arangwa no guhitwa bikomeye ndetse hari n’ubwo ahitwa amaraso.

Iyo itavuwe hari abo ihitana cyane cyane abana bato.

Mu Burundi rero iyo ndwara yatijwe umurindi n’ibura ry’amazi meza kandi ahagije.

Robine za henshi muri uyu mujyi zarumagaye, amariba nayo ari mu ntera ndende.

Ikibabaje kurushaho ni uko ibice byibasiwe na macinyamyambi( ari macinya mu magambo avunaguye) ari nabyo bidafite amazi.

Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangaza ko hari n’izindi Ntara z’Uburundi zibasiwe n’iyi ndwara yica arizo Bujumbura rural na Cibitoke.

Abatuye izi Ntara basabwa gukora uko bashoboye bagakaraba amazi meza n’isabune kandi abana bakavuzwa.

Ikibazo ni uko ibyo basabwa gukora bidashoboka mu gihe nta mazi ahagije ahari.

Ugize amahirwe akabona amazi yuzuye ijerekani ashima Imana.

Amaso bayahanze Leta n’imiryango itari iya Leta harimo na Croix Rouge.

Hari n’umuryango wiyemeje guha abaturage amazi witwa ‘Amazi Water’

Uburundi buri mu bihugu bifite ubukungu bwifashe nabi kurusha ibindi ku isi kuko ari igihugu cya kabiri gikennye kurusha ibindi ku isi inyuma ya Sudani y’Epfo.

Ni imibare itangwa n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF.

TAGGED:BujumburaBurundiImpiswi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverineri Wasimbuye Habitegeko Ni Muntu Ki?
Next Article Ibya Kazungu W’I Busanza Birimo Amayobera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?