Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Macron Na Biden Bahoberanye Nta Gapfukamunwa Birakaza Abaturage Babo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Macron Na Biden Bahoberanye Nta Gapfukamunwa Birakaza Abaturage Babo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2021 7:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni imvugo abaturage b’u Bwongereza, u Bufarasansa, Amerika, Canada, U Buyapani… baraye babwiye abayobozi babo nyuma yo kubona amafoto barimo guhoberana nta gapfukamunwa, nta ntera bahanye…kandi ari bo bafashe ibyemezo byo kubuza abaturage babo kubikora!

Abayobozi b’ibihugu bigize itsinda bita G7 mu mpera z’Icyumweru gishize bahuriye mu Bwongereza mu nama yari igamije kwigira hamwe uko barushaho gukorana mu rwego rwo gukumira umuvuduko u Bushinwa bufite mu iterambere.
Abanyamakuru bafata amafoto baraye batangaje amwe muri yo yerekana bariya bayobozi bahoberana, baganira nta gapfukamunwa, nta ntera ndetse n’umuti wica Virus bigaragara ko bafite.

Abayabonye bibajije impamvu bariya bayobozi bo badakurikiza amabwiriza baba bashyiriyeho abatuye igihugu.

Abaturage banenze bariya bayobozi kuko ibyo basaba abandi gukora bo batabikora, bakibaza niba amabwiriza batanga areba abantu bamwe!

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yaba Perezida Emmanuel Macron, yaba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Borris Johnson bombi bigeze kwandura COVID-19.

Nta ntera ya Metero
Brigitte Macron na Carrie Johnson
Joe Biden ari kumwe n’umugore wa Borris Johnson witwa Carrie Johnson
Abaturage babo babanenze ko ibyo babasaba bo batabikora
TAGGED:AbaturageBwongerezafeaturedMacronMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Israel Mu Byishimo Netanyahu ‘Amaze Kugenda’
Next Article Impanuka Zatewe n’Ubusinzi Zishe Abantu 69, Zikomeretsa Abarenga 400
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?