Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa

admin
Last updated: 31 January 2022 6:30 pm
admin
Share
SHARE

Guverinoma ya Mali yahaye Ambasaderi w’u Bufaransa, Joël Meyer, amasaha 72 ngo abe avuye ku butaka bw’icyo gihugu.

Uyu mugabo yabanje guhamagazwa na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Mali, ngo asobanure amagambo yavuzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Jean-Yves Le Drian.

Ngo yavuze ko ubutegetsi buyoboye mu nzibacyuho iki gihugu cyo muri Afurika y’Iburengezazuba “butemewe n’amategeko.”

Itangazo ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, ORTM, rivuga ko “iki cyemezo cyafashwe nyuma y’amagambo y’ubushotoranyi kandi ababaje” aheruka kuvugwa na Minisitiri Le Drian.

Yatangaje ko imvugo zidasiba z’abayobozi b’u Bufaransa banenga ubutegetsi bwa Mali zimaze gukabya.

Le Drian ngo yanakomoje ku mutwe wigenga Wagner Group wo mu Burusiya, uheruka kujya muri Mali. Yavuze ko urimo gucungira umutekano abategetsi ba Mali ugahembwa gucukura amabuye y’agaciro.

Ni imvugo ngo zihabanye n’umubano wa gicuti usanzwe hagati y’ibihugu byombi.

Guverinoma ya Mali ariko yemeje ko yiteguye ibiganiro no gukomeza gukorana neza n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga, barimo n’u Bufaransa.

Gusa ngo byose bigomba gushingira ku bwubahane no kuba ntawe ukwiye kwivanga mu miyoborere y’ikindi gihugu.

TAGGED:featuredJean Yves Le DrianMaliu Bufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron
Next Article Rihanna Aratwite
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?