Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mali Yirukanye Ambasaderi w’u Bufaransa

admin
Last updated: 31 January 2022 6:30 pm
admin
Share
SHARE

Guverinoma ya Mali yahaye Ambasaderi w’u Bufaransa, Joël Meyer, amasaha 72 ngo abe avuye ku butaka bw’icyo gihugu.

Uyu mugabo yabanje guhamagazwa na Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Mali, ngo asobanure amagambo yavuzwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Jean-Yves Le Drian.

Ngo yavuze ko ubutegetsi buyoboye mu nzibacyuho iki gihugu cyo muri Afurika y’Iburengezazuba “butemewe n’amategeko.”

Itangazo ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, ORTM, rivuga ko “iki cyemezo cyafashwe nyuma y’amagambo y’ubushotoranyi kandi ababaje” aheruka kuvugwa na Minisitiri Le Drian.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yatangaje ko imvugo zidasiba z’abayobozi b’u Bufaransa banenga ubutegetsi bwa Mali zimaze gukabya.

Le Drian ngo yanakomoje ku mutwe wigenga Wagner Group wo mu Burusiya, uheruka kujya muri Mali. Yavuze ko urimo gucungira umutekano abategetsi ba Mali ugahembwa gucukura amabuye y’agaciro.

Ni imvugo ngo zihabanye n’umubano wa gicuti usanzwe hagati y’ibihugu byombi.

Guverinoma ya Mali ariko yemeje ko yiteguye ibiganiro no gukomeza gukorana neza n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga, barimo n’u Bufaransa.

Gusa ngo byose bigomba gushingira ku bwubahane no kuba ntawe ukwiye kwivanga mu miyoborere y’ikindi gihugu.

- Advertisement -
TAGGED:featuredJean Yves Le DrianMaliu Bufaransa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hadutse Ubundi Bwoko Bwa Omicron
Next Article Rihanna Aratwite
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?