Mu gihe ibihugu bigize ECOWAS bivuga ko isaha iyo ari yo yose bishobora gutera Niger, ibihugu bituranye kandi biyishyigikiye ari byo Burkina Faso na Mali byayoherereje...
Mu gihe Afurika ihanze amaso ibibera muri Niger, ubu muri Mali n’aho hari urunturuntu hagati y’abasirikare bafashe ubutegetsi ndetse n’abasivili bagize itsinda ryitwa Coordination des mouvements...
Abayobozi ba Mali n’aba Burkina Faso bavuze ko nihagira abohereza ingabo muri Niger ngo bafashe Perezida Bazoum kugaruka ku butegetsi, bazaba batangije intambara kuri Ouagadoudou na...
Imodoka zari zirimo abayobozi bakuru mu Biro by’Umukuru w’Igihugu cya Mali zagabweho igitero kigwamo umuyobozi w’Ibiro bya Perezida. Yiciwe hafi y’umupaka wa Mali na Mauritania. Muri...
Nta mezi arindwi arashira ubuyobozi bw’inzibacyuho bwa Mali butegetse ko Olivier Salgado wari umuvugizi wa MINUSMA kubavira ku butaka. Ubu hatahiwe ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri...