Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mark Zuckerberg Yakoze Tweet Ya Mbere Mu Myaka 10 Yishongora Kuri Musk
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Mark Zuckerberg Yakoze Tweet Ya Mbere Mu Myaka 10 Yishongora Kuri Musk

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 7:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutangiza ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga bamwe bise Twitter Killer( Ikizahitana Twitter) umuyobozi w’ikigo Meta witwa Mark Zuckerberg yakoze Tweet ya mbere mu myaka 10 ishize.

Bamwe bavuga ko yayikoze agira ngo yishongore kuri Elon Musk uherutse kugura Twitter ariko akaba ari kugora abari basanzwe bayikoresha.

Yakoze Tweet yerekana igishushanyo cya Spiderman, kikaba gisa n’igishaka kubwira Elon Musk ko agomba kwitegura guhangana na mukeba we ukomeye ari we Threads ya Mark.

Zuckerberg yaherukaga gukora Tweet muri Mutarama, 2012.

Uko kubagora ni ko kwatumye Zuckerberg n’abandi bahanga bakorana muri Meta bakora urubuga bise Threads.

Ubu rwamaze gutangira gukoreshwa mu bihugu bimwe na bimwe.

Abarukoze baruhaye uburyo bwinshi bwo gukora nka Twitter kandi rukagira akarusho ko kuba warukoreraho akazi wari usanzwe ukorera ku zindi mbuga nkoranyambaga.

Ku ikubitiro, abantu bazajya barukoreshaho Instagram.

Spiderman: Abanyarwanda baca umugani ngo ‘Uguhiga ubutwari muratabarana’
TAGGED:featuredIkoranabuhangaMarkMuskThreadsTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yaganiriye N’Uyobora Barbados Uko Ibyemeranyijweho Byakwihutishwa
Next Article Ramaphosa Yasuye Tshisekedi Ngo Basinyane Amasezerano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?