Abanyamerika bikomye Ubushinwa nyuma y’igitero bavuga ko gikomeye babagabyeho. Ni igitero cy’ikoranabuhanga kibasiye ibikorwaremezo bya Amerika, Canada n’Ubwongereza. Ibyo bikorwaremezo birimo n’ibirindiro by’ingabo z’Amerika biri mu...
Ubutabera bw’Ubushinwa bwategetse ko John Leung usanzwe ari Umunyamerika ariko akaba aba muroi Hong Kong afungwa igihe kingana n’imyaka asigaje kubaho nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubutasi...
Akoresheje uru rubuga asanzwe abereye boss, Elon Musk yatangaje ko bidatinze hari umugore ugiye kuzamusimbura ku buyobozi bwa Twitter. Iyi mvugo ye yatumwe abashoramari bari bamaze...
Mu Butayu bwitwa Taklimakan buri mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Bushinwa hatashywe uruganda rucukura rukanatunganya ibikomoka kuri petelori rubikuye muri kilometero icyenda mu kuzimu. Uru...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu yakiriye $100,000 yatanzwe n’ikigo kitwa Liquid Intelligent Technologies azafasha mu gushyira ikoranabuhanga mu nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni umushinga watangajwe...