Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mathias Harebamungu, Kayonga Caroline Rwivanga… Abanyarwanda batorewe Kujya Muri EALA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mathias Harebamungu, Kayonga Caroline Rwivanga… Abanyarwanda batorewe Kujya Muri EALA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 December 2022 3:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ya  Komisiyo y’amatora avuga ko amatora y’Abanyarwanda bazaruhagararira mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatoye abantu icyenda. Umwe muri bo ni Bwana Dr Harebamungu Mathias.

Dr. Haberamungu Mathias yigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, nyuma akaba yaragizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Senegal.

Abandi Banyarwanda batorewe kuruhagararira muri iriya Nteko ni Fatuma Ndangiza,  Kayonga Caroline Rwivanga, Rutazana Francine, Nyiramana Aisha, Musangabatware Clement, Uwumukiza Françoise, Iradukunda Alodie na Bahati Alex

Abantu icyenda(9) nibo bazahagararia u Rwanda muri EALA

Alex Bahati yabarizwaga mu Nama y’igihugu y’abafite ubumuga n’aho Alodie Iradukunda we yari asanzwe ari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Inama y’igihugu y’urubyiruko.

https://twitter.com/RwandaElections/status/1602266817216630784

TAGGED:AmatorafeaturedHaberamunguKayongaNdangizaRwivanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye
Next Article Fidel Gakire Ufungiye Mageragere ‘Akurikiranyweho’ Impapuro Mpimbano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?