Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mathias Harebamungu, Kayonga Caroline Rwivanga… Abanyarwanda batorewe Kujya Muri EALA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mathias Harebamungu, Kayonga Caroline Rwivanga… Abanyarwanda batorewe Kujya Muri EALA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 December 2022 3:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ya  Komisiyo y’amatora avuga ko amatora y’Abanyarwanda bazaruhagararira mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatoye abantu icyenda. Umwe muri bo ni Bwana Dr Harebamungu Mathias.

Dr. Haberamungu Mathias yigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, nyuma akaba yaragizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Senegal.

Abandi Banyarwanda batorewe kuruhagararira muri iriya Nteko ni Fatuma Ndangiza,  Kayonga Caroline Rwivanga, Rutazana Francine, Nyiramana Aisha, Musangabatware Clement, Uwumukiza Françoise, Iradukunda Alodie na Bahati Alex

Abantu icyenda(9) nibo bazahagararia u Rwanda muri EALA

Alex Bahati yabarizwaga mu Nama y’igihugu y’abafite ubumuga n’aho Alodie Iradukunda we yari asanzwe ari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Inama y’igihugu y’urubyiruko.

https://twitter.com/RwandaElections/status/1602266817216630784

TAGGED:AmatorafeaturedHaberamunguKayongaNdangizaRwivanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Mpuzamahanga Burambye
Next Article Fidel Gakire Ufungiye Mageragere ‘Akurikiranyweho’ Impapuro Mpimbano
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?