Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2024 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi azaza mu Rwanda.

Yaboneyeho no gutangaza ko mu Ukwakira uwo mwaka umuherwe wa mbere ku isi( muri iki gihe) witwa Elon Musk nawe azasura u Rwanda.

Sunny Ntayombya uyobora iki kiganiro yabajije Mwenda aho akura ayo makuru undi amusubiza ko asanzwe ari mu bantu ku isi bamenya amakuru kurusha abandi.

Bagize icyo yise International Communication System.

Andrew Mwenda

Ukurikirana ibikorwa bya Mayweather yabwiye Mwenda ko yasabye uwo mukinnyi kuzaza mu Rwanda gushimira Perezida Kagame ku ntsinzi aherutse kugeraho mu matora y’Umukuru w’igihugu.

Ikindi gikomeye ni uko uwo mugabo ukorana na Mayweather yabwiye Mwenda ko hari umukino uri gutekerezwa wazahuza Mayweather na Manny Pacquiao.

Icyo Mwenda kandi avuga ko ahagazeho ni uko Elon Musk azasura u Rwanda mu Ukwakira, 2024.

Gutegura ingendo no kwakira abantu nkaba bisigira igihugu amanota menshi mu ruhando mpuzamahanga kandi isura yacyo igakomeza kwaguka.

I can’t believe my ears! @AndrewMwenda is breaking some good news here! Umva ko bavuga. pic.twitter.com/MViisrIkoj

— Sam Karenzi (@SamKarenzi) August 13, 2024

TAGGED:ElonfeaturedKagameMayweatherMuskMwendaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uzziel Ndagijimana Yagizwe Umuyobozi Wa BK
Next Article Rwanda: Ibinyabiziga Bigiye Gukoresha Amavuta Atangiza Moteri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?