Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2024 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi azaza mu Rwanda.

Yaboneyeho no gutangaza ko mu Ukwakira uwo mwaka umuherwe wa mbere ku isi( muri iki gihe) witwa Elon Musk nawe azasura u Rwanda.

Sunny Ntayombya uyobora iki kiganiro yabajije Mwenda aho akura ayo makuru undi amusubiza ko asanzwe ari mu bantu ku isi bamenya amakuru kurusha abandi.

Bagize icyo yise International Communication System.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Andrew Mwenda

Ukurikirana ibikorwa bya Mayweather yabwiye Mwenda ko yasabye uwo mukinnyi kuzaza mu Rwanda gushimira Perezida Kagame ku ntsinzi aherutse kugeraho mu matora y’Umukuru w’igihugu.

Ikindi gikomeye ni uko uwo mugabo ukorana na Mayweather yabwiye Mwenda ko hari umukino uri gutekerezwa wazahuza Mayweather na Manny Pacquiao.

Icyo Mwenda kandi avuga ko ahagazeho ni uko Elon Musk azasura u Rwanda mu Ukwakira, 2024.

Gutegura ingendo no kwakira abantu nkaba bisigira igihugu amanota menshi mu ruhando mpuzamahanga kandi isura yacyo igakomeza kwaguka.

I can’t believe my ears! @AndrewMwenda is breaking some good news here! Umva ko bavuga. pic.twitter.com/MViisrIkoj

— Sam Karenzi (@SamKarenzi) August 13, 2024

- Advertisement -
TAGGED:ElonfeaturedKagameMayweatherMuskMwendaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uzziel Ndagijimana Yagizwe Umuyobozi Wa BK
Next Article Rwanda: Ibinyabiziga Bigiye Gukoresha Amavuta Atangiza Moteri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?