Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2024 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi azaza mu Rwanda.

Yaboneyeho no gutangaza ko mu Ukwakira uwo mwaka umuherwe wa mbere ku isi( muri iki gihe) witwa Elon Musk nawe azasura u Rwanda.

Sunny Ntayombya uyobora iki kiganiro yabajije Mwenda aho akura ayo makuru undi amusubiza ko asanzwe ari mu bantu ku isi bamenya amakuru kurusha abandi.

Bagize icyo yise International Communication System.

Andrew Mwenda

Ukurikirana ibikorwa bya Mayweather yabwiye Mwenda ko yasabye uwo mukinnyi kuzaza mu Rwanda gushimira Perezida Kagame ku ntsinzi aherutse kugeraho mu matora y’Umukuru w’igihugu.

Ikindi gikomeye ni uko uwo mugabo ukorana na Mayweather yabwiye Mwenda ko hari umukino uri gutekerezwa wazahuza Mayweather na Manny Pacquiao.

Icyo Mwenda kandi avuga ko ahagazeho ni uko Elon Musk azasura u Rwanda mu Ukwakira, 2024.

Gutegura ingendo no kwakira abantu nkaba bisigira igihugu amanota menshi mu ruhando mpuzamahanga kandi isura yacyo igakomeza kwaguka.

I can’t believe my ears! @AndrewMwenda is breaking some good news here! Umva ko bavuga. pic.twitter.com/MViisrIkoj

— Sam Karenzi (@SamKarenzi) August 13, 2024

TAGGED:ElonfeaturedKagameMayweatherMuskMwendaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uzziel Ndagijimana Yagizwe Umuyobozi Wa BK
Next Article Rwanda: Ibinyabiziga Bigiye Gukoresha Amavuta Atangiza Moteri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?