Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mayweather Na Musk Bazaza Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2024 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi azaza mu Rwanda.

Yaboneyeho no gutangaza ko mu Ukwakira uwo mwaka umuherwe wa mbere ku isi( muri iki gihe) witwa Elon Musk nawe azasura u Rwanda.

Sunny Ntayombya uyobora iki kiganiro yabajije Mwenda aho akura ayo makuru undi amusubiza ko asanzwe ari mu bantu ku isi bamenya amakuru kurusha abandi.

Bagize icyo yise International Communication System.

Andrew Mwenda

Ukurikirana ibikorwa bya Mayweather yabwiye Mwenda ko yasabye uwo mukinnyi kuzaza mu Rwanda gushimira Perezida Kagame ku ntsinzi aherutse kugeraho mu matora y’Umukuru w’igihugu.

Ikindi gikomeye ni uko uwo mugabo ukorana na Mayweather yabwiye Mwenda ko hari umukino uri gutekerezwa wazahuza Mayweather na Manny Pacquiao.

Icyo Mwenda kandi avuga ko ahagazeho ni uko Elon Musk azasura u Rwanda mu Ukwakira, 2024.

Gutegura ingendo no kwakira abantu nkaba bisigira igihugu amanota menshi mu ruhando mpuzamahanga kandi isura yacyo igakomeza kwaguka.

I can’t believe my ears! @AndrewMwenda is breaking some good news here! Umva ko bavuga. pic.twitter.com/MViisrIkoj

— Sam Karenzi (@SamKarenzi) August 13, 2024

TAGGED:ElonfeaturedKagameMayweatherMuskMwendaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uzziel Ndagijimana Yagizwe Umuyobozi Wa BK
Next Article Rwanda: Ibinyabiziga Bigiye Gukoresha Amavuta Atangiza Moteri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?