Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mbere Y’Uko Gisupusupu Afatwa ‘Yatanze’ Ruswa Barayanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mbere Y’Uko Gisupusupu Afatwa ‘Yatanze’ Ruswa Barayanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2021 2:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi François Nsengiyumva wamamaye nka Gisupusupu ejo nibwo byatangajwe ko yafashwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha birimo icyo gusambanya ku gahato umwana w’imyaka 13.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 30, Kamena, 2021 ubugenzacyaha bwabwiye Taarifa ko uriya muhanzi yakoze ibyaha akurikiranyweho tariki 18, Kamena, 2021, abikorera mu Mudugudu wa Rubaya, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo.

Mbere y’uko afatwa byagenze gute?

Umwe mu rubyiruko rw’abakorera bushake mu Karere ka Kayonza utashatse ko dutangaza amazina ye yatubwiye ko uriya muhanzi yamaze kumenya ko ari gushakishwa n’ubugenzacyaha, ahungira mu Karere ka Kayonza gaturanye na Gatsibo.

Ejo hashize ahagana saa munani z’amanywa, Nsengiyumva uzwi nka Gisupusupu yihuye na bamwe mu rubyiruko rw’abakorera bushake mu gukumira ibyaha bakorera mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza abonye ko bamumenye akeka ko bamenye ko akurikiranwa abaha Frw 30 000 ngo bamureke yigendere.

Yakoreye icyaha muri Kiramuruzi( Gatsibo) afatirwa i Rukara( Kayonza)

Uwaduhaye amakuru yatubwiye ko we na bagenzi be babyanze, uriya muhanzi ashaka kubarwanya baramufata, bahamagara Polisi, hanyuma ubuyobozi bwa Polisi bubasaba ko bamugumana, nibwo Polisi n’abakozi ba RIB bamutaga muri yombi.

Ikindi yatubwiye ni uko yabanje guterana amagambo nabo ndetse ashaka ‘kubafata mu mashati.’

TAGGED:featuredGisupusupuUbushakeUmurengeUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwara Malaria Baracyari Benshi Mu Rwanda
Next Article Hahishuwe Uburyo Utubyiniro Tubiri n’Ibirori Byakongeje COVID Muri Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hateguwe Miliyoni € 2 Zo Gukumira Ingaruka Zo Kubaka Ibikorwaremezo Bihungabanya Ibidukikije

Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Biyongereye, Ikizere Ku Barokotse Cyakendereye

Uburundi Bwatangije Umushinga Wo Gukoresha Ubwenge Buhangano

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Amadini N'Iyobokamana

Papa Lewo XIV Yageze Muri Turikiya Mu Ruzinduko Rwa Mbere Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?