Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Meya Wa Karongi YEGUJWE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Meya Wa Karongi YEGUJWE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2023 1:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Vestine Mukarutesi wayoboraga Akarere ka Karongi yegujwe n’Inama Njyanama y’aka Karere iyobowe na Dusingize Donatha.

Amakuru avuga ko Mukarutesi Vestine yegujwe kubera ko ‘atumviraga’ inama yahabwaga n’abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Karongi.

Perezidante wa Njyanama y’Akarere ka Karongi Dusingize Donatha yabwiye Taarifa ko we na bagenzi be bari bamaze iminsi bagira Mukarutesi inama z’uburyo yakora ngo ibibazo by’abaturage bijyanye n’imibereho myiza yabo bibonerwe umuti, ariko ntazihe agaciro.

Dusingize ati: “ Niko bimeze, ayo makuru niyo. Inama Njyanama idasanzwe yamukuyeho icyizere bitewe n’uko hari zimwe mu nshingano atakurikizaga neza”

Avuga ko Njyanama yagiriye Vestine Mukarutesi inama kenshi ngo yite ku bibazo by’abaturage ariko ntabikore kandi ngo abaturage bahoraga basiragira ku Karere bamushaka.

Kugeza ubu Akarere ka Karongi karayoborwa n’Umuyobozi wako wungirije ushinzwe ubukungu witwa Théophile Niragire.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yongwe Yavuze Ko Gusaba Ituro Nta Cyaha Kibirimo
Next Article Israel Yatwitse Bikomeye Aho Hamas Yarasiraga Roquettes
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?