Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Milwaukee Bucks Yegukanye NBA Nyuma y’Imyaka 50
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoPolitiki

Milwaukee Bucks Yegukanye NBA Nyuma y’Imyaka 50

Last updated: 21 July 2021 5:34 pm
Share
SHARE

Ikipe ya Milwaukee Bucks yegukanye igikombe cya shampiyona ya Basketball muri Leta zunze ubumwe za Amerika, nyuma y’imyaka 50 itagikozaho n’imitwe y’intoki. Yari imaze gutsinda Phoenix Suns amanota 105-98. 

Ni umukino Giannis Antetokounmpo yatsinzemo amanota 50, warebwe n’abantu 20,000 n’abandi bagera mu 65,000 bari bakurikiraniye umukino hanze ya Fiserv Forum, inzu y’imikino yo mu mujyi wa Milwaukee, Leta ya Wisconsin.

Gutsinda umukino wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu byatumye Milwaukee Bucks itwara igikombe ku mikino 4-2. Yagiherukaga mu 1971.

Yahise iba ikipe ya gatanu mu mateka ya NBA itwaye igikombe kandi yaratsinzwe imikino ibiri ibanza muri irindwi ya nyuma baba bagomba gukina.

Suns yatsinzwe mu gihe yifuzaga kwegukana igikombe cya mbere cya NBA nyuma y’imyaka 53, nyuma yo gutsindirwa nanone ku mikino ya nyuma mu 1976 na 1993.

Ntiyabashije guhagarika Antetokounmpo, wahise aba umukinnyi wa karindwi watsinze amanota agera muri 50 mu mukino wa nyuma wa NBA.

Antetokounmpo yahise aba umukinnyi w’umwaka wa shampiyona, umukinnyi wahize abandi mu bakinnye imikino ya nyuma n’umukinnyi wugariye neza kurusha abandi, urutonde yasanzeho Michael Jordan na Hakeem Olajuwon.

Antetokounmpo ni we mukinnyi w’irushanwa

TAGGED:Giannis AntetokounmpoMilwaukee BucksNBAPhoenix Suns
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwaye COVID-19 Batakaza Ubushobozi Bwo Guhumurirwa No Gutera Akabariro
Next Article Amerika ‘Ya Biden’ Yarashe Muri Somalia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?