Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Biruta Na Gen Nzabamwita Bateye Igiti Muri Ethiopia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Min Biruta Na Gen Nzabamwita Bateye Igiti Muri Ethiopia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2023 1:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta na Major Generel Joseph Nzabamwita uyobora Urwego rw’igihugu rw’iperereza n’umutekano bafatanyijea Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia gutera ibiti muri iki gihugu.

Dr. Vincent Biruta

Ni ibiti by’urwibutso rw’umubano waranze kandi ukiranga u Rwanda na Ethiopia.

Dr. Biruta yageze muri kigiya gihugu kugira ngo aganire n’ubuyobozi bwacyo uko imikoranire yakomeza kunoga.

Minisitiri w’Intebe Abbiy Ahmed nawe yahateye igiti

Ku kibuga cy’indege Bole International Airport, Dr. Vincent Biruta yakiriwe n’umwe mu bakozi bakuru muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya kiriya gihugu witwa Birtukan Ayano.

Ku rubuga rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ethiopia handitseho ko Dr. Biruta azahura n’abayobozi bakuru ba Ethiopia; bakazaganira ku ngingo zireba imibanire ya Kigali na Addis Ababa ariko bakareba no ku yandi madosiye areba isi muri rusange.

Birashoboka cyane ko imwe mu ngingo bari buganireho byimbitse ari umutekano kubera ko Min Biruta aherekejwe n’Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga, Umuyobozi w’Urwego rw’umutekano n’iperereza, NISS, Major Gen Joseph Nzabamwita na Ambasaderi w’u Rwanda i Addis Ababa Major General Karamba

 

TAGGED:BirutafeaturedIgitiMinisitiriNzabamwita
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Niger: Abasirikare Babwiye ECOWAS Ko Nibatera Bazica Perezida Bazoum
Next Article Niger: Uburusiya Bwavuze Ko Niger Niterwa Sahel Izashya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?