Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Biruta Na Perezida Wa Sena Y’U Rwanda Bagiye Muri Niger
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Min Biruta Na Perezida Wa Sena Y’U Rwanda Bagiye Muri Niger

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2021 4:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta bagiye muri Niger guhagararira Perezida Kagame Paul mu muhango kurahirira kuyobora Niger kwa Perezida Bazoum Mohamed.

Mohamed Bazoum uherutse gutorerwa kuyobora Niger yavutse tariki 1, Mutarama, 1960.  Yatorewe kuyobora Niger tariki 2, Mata, 2021.

Mbere y’uko abitorerwa, yari asanzwe ayobora ishyaka ryitwa Parti Nigerien pour La Démocratie et Le Socialisme (PNDS-Tarayya).

Yigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga guhera muri 1995 kugeza muri 1996, ava kuri uyu mwanya ariko aza kuwugarukaho guhera muri 2011 kugeza muri 2015.

Yabaye kandi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu hagati ya 2016 na 2020, nyuma aza kwegura kuri uyu mwanya, atangira kwitegura kuziyamamariza kuyobora Niger.

Yatsinze Bwana Mahamane Ousmane bari bawuhangiyeho, ahita aba Umunya Niger wa mbere ukomoka mu Barabu bo mu bwoko bw’aba Diffa uyoboye Niger.

Bwana Mohamed Bazoum yatsinze ku majwi angana na 55.67%.

TAGGED:BazoumBirutafeaturedIyamuremyeKagameNigerRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Bujumbura Bishimiye Icyemezo U Rwanda Ruherutse Gufata
Next Article Guverinoma Y’U Rwanda Hari Icyo Yatangaje Ku Cyemezo Cyafatiwe Bagosora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?