Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Min Biruta Na Perezida Wa Sena Y’U Rwanda Bagiye Muri Niger
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Min Biruta Na Perezida Wa Sena Y’U Rwanda Bagiye Muri Niger

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2021 4:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta bagiye muri Niger guhagararira Perezida Kagame Paul mu muhango kurahirira kuyobora Niger kwa Perezida Bazoum Mohamed.

Mohamed Bazoum uherutse gutorerwa kuyobora Niger yavutse tariki 1, Mutarama, 1960.  Yatorewe kuyobora Niger tariki 2, Mata, 2021.

Mbere y’uko abitorerwa, yari asanzwe ayobora ishyaka ryitwa Parti Nigerien pour La Démocratie et Le Socialisme (PNDS-Tarayya).

Yigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga guhera muri 1995 kugeza muri 1996, ava kuri uyu mwanya ariko aza kuwugarukaho guhera muri 2011 kugeza muri 2015.

Yabaye kandi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu hagati ya 2016 na 2020, nyuma aza kwegura kuri uyu mwanya, atangira kwitegura kuziyamamariza kuyobora Niger.

Yatsinze Bwana Mahamane Ousmane bari bawuhangiyeho, ahita aba Umunya Niger wa mbere ukomoka mu Barabu bo mu bwoko bw’aba Diffa uyoboye Niger.

Bwana Mohamed Bazoum yatsinze ku majwi angana na 55.67%.

TAGGED:BazoumBirutafeaturedIyamuremyeKagameNigerRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Bujumbura Bishimiye Icyemezo U Rwanda Ruherutse Gufata
Next Article Guverinoma Y’U Rwanda Hari Icyo Yatangaje Ku Cyemezo Cyafatiwe Bagosora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?