Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri Gatabazi Yasuye Ahangijwe N’Ibiza Mu Burengerazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Minisitiri Gatabazi Yasuye Ahangijwe N’Ibiza Mu Burengerazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2021 1:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jean Marie Vianney Gatabazi uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangiye uruzinduko mu Ntara y’i Burengerazuba. Rugamije gusuzuma ubukana ibiza birimo n’imvura imaze igihe byagize ku bikorwa remezo no kureba icyakorwa ngo bisanwe kandi abaturage byangirije babe bafashwa.

Kuri uyu wa Gatatu yatangiriye mu Karere ka Ngororero, asura umuhanda wa Kaburimbo uva mu Karere ka Muhanga ugana Ngororero. Uyu muhanda wangirikiye ahitwa Muhororo mu Kagari ka Rugogwe.

Minisitiri Gatabazi ari kumwe na Major Gen Alexis Kagame uyobora ingabo mu Ntara y’i Burengerazuba

Mu minsi ishize Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba Habitegeko François  yageze mu Karere ka Ngororero areba uburyo ibikorwaremezo by’umwihariko imihanda yangijwe n’ibiza.

Icyo gihe yabanje mu muhanda Kazabe- Sovu. Yari ari kumwe na Komite Nyobozi y’Akarere n’inzego z’umutekano ku rwego rw’Intara n’Akarere.

Yasuye n’umuhanda werekeza ku murenge wa Ngororero no ku kigo nderabuzima cya Nyange A.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko hari ahandi hantu henshi Minisitiri Gatabazi azasura muri kariya gace, ariko turacyabaza abakozi ba Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu bashinzwe itumanaho ngo tumenye aho Minisitiri Gatabazi azakorera n’igihe urugendo rwe ruzamara.

Uriya muhanda wacikiye mu murenge wa Muhororo mu Kagari ka Rugogwe
TAGGED:featuredGatabaziKaburimboMinisitiriNgororeroNyangeUruzinduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abimukira Bava Muri Maroc Bongeye Kugana Uburayi Ari Benshi
Next Article Umuhanzi Mr Eazi Agiye Kubaka Inzu Igezweho Y’Ubukerarugendo Ku Kivu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?