Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Ingabo Za Israel Yirukanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Ingabo Za Israel Yirukanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yoav Gallant
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant kubera kutumvikana ku migendekere y’intambara Israel imazemo iminsi.

Bivugwa ko ubwo bwumvikane buke bumaze igihe, hakaba n’abemeza ko bumaze igihe.

Minisiteri y’ingabo yahise ihabwa Israel Katz wari usanzwe ashinzwe ububanyi n’amahanga.

Yoav Gallant yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko azakomeza guharanira ko  umutekano wa Israel uba uw’ibanze mu byo akora.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma y’uko amakuru y’uko Gallant yirukanywe, hari abaturage bitashimishije bajya mu mihanda y’i Tel Aviv kubyamagana.

Zimwe mu ngingo bivugwa ko Gallant atumvikanagaho na Netanyahu ni iy’uko abaturage ba Israel bashimuswe na Hamas barekurwa binyuze mu bwumvikane,  intambara muri Gaza igahagarara.

Umuyobozi we avuga ko ibyo bitakunda ahubwo ko ari ngombwa kurasa Hamas ikava mu nzira, abo bantu bakabohorwa binyuze ku mbaraga za gisirikare.

Minisitiri Gallant ntiyumvaga kandi uburyo abaturage ba Israel bakomeye cyane mu idini ya Orthodox batajya bajya mu gisirikare.

Amakuru avuga ko mbere gato y’intambara iri muri Gaza, Netanyahu nabwo yirukanye Gallant ariko igitutu cy’abaturage gituma amusubiza mu mwanya we.

- Advertisement -
TAGGED:IngaboIntambaraIsraelMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Umwuzukuru Arakekwaho Kwica Nyirakuru
Next Article Trump Aragarutse, Ibidukikije Bigiye Kukabona
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?