Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Ingabo Za Israel Yirukanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Ingabo Za Israel Yirukanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yoav Gallant
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant kubera kutumvikana ku migendekere y’intambara Israel imazemo iminsi.

Bivugwa ko ubwo bwumvikane buke bumaze igihe, hakaba n’abemeza ko bumaze igihe.

Minisiteri y’ingabo yahise ihabwa Israel Katz wari usanzwe ashinzwe ububanyi n’amahanga.

Yoav Gallant yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko azakomeza guharanira ko  umutekano wa Israel uba uw’ibanze mu byo akora.

Nyuma y’uko amakuru y’uko Gallant yirukanywe, hari abaturage bitashimishije bajya mu mihanda y’i Tel Aviv kubyamagana.

Zimwe mu ngingo bivugwa ko Gallant atumvikanagaho na Netanyahu ni iy’uko abaturage ba Israel bashimuswe na Hamas barekurwa binyuze mu bwumvikane,  intambara muri Gaza igahagarara.

Umuyobozi we avuga ko ibyo bitakunda ahubwo ko ari ngombwa kurasa Hamas ikava mu nzira, abo bantu bakabohorwa binyuze ku mbaraga za gisirikare.

Minisitiri Gallant ntiyumvaga kandi uburyo abaturage ba Israel bakomeye cyane mu idini ya Orthodox batajya bajya mu gisirikare.

Amakuru avuga ko mbere gato y’intambara iri muri Gaza, Netanyahu nabwo yirukanye Gallant ariko igitutu cy’abaturage gituma amusubiza mu mwanya we.

TAGGED:IngaboIntambaraIsraelMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Umwuzukuru Arakekwaho Kwica Nyirakuru
Next Article Trump Aragarutse, Ibidukikije Bigiye Kukabona
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?