Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Ingabo Za Israel Yirukanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Ingabo Za Israel Yirukanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yoav Gallant
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye Minisitiri w’Ingabo Yoav Gallant kubera kutumvikana ku migendekere y’intambara Israel imazemo iminsi.

Bivugwa ko ubwo bwumvikane buke bumaze igihe, hakaba n’abemeza ko bumaze igihe.

Minisiteri y’ingabo yahise ihabwa Israel Katz wari usanzwe ashinzwe ububanyi n’amahanga.

Yoav Gallant yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko azakomeza guharanira ko  umutekano wa Israel uba uw’ibanze mu byo akora.

Nyuma y’uko amakuru y’uko Gallant yirukanywe, hari abaturage bitashimishije bajya mu mihanda y’i Tel Aviv kubyamagana.

Zimwe mu ngingo bivugwa ko Gallant atumvikanagaho na Netanyahu ni iy’uko abaturage ba Israel bashimuswe na Hamas barekurwa binyuze mu bwumvikane,  intambara muri Gaza igahagarara.

Umuyobozi we avuga ko ibyo bitakunda ahubwo ko ari ngombwa kurasa Hamas ikava mu nzira, abo bantu bakabohorwa binyuze ku mbaraga za gisirikare.

Minisitiri Gallant ntiyumvaga kandi uburyo abaturage ba Israel bakomeye cyane mu idini ya Orthodox batajya bajya mu gisirikare.

Amakuru avuga ko mbere gato y’intambara iri muri Gaza, Netanyahu nabwo yirukanye Gallant ariko igitutu cy’abaturage gituma amusubiza mu mwanya we.

TAGGED:IngaboIntambaraIsraelMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Umwuzukuru Arakekwaho Kwica Nyirakuru
Next Article Trump Aragarutse, Ibidukikije Bigiye Kukabona
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?