Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Inama K’Ukurengera Ibidukikije Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibidukikije

Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Inama K’Ukurengera Ibidukikije Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 November 2021 3:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ari i Glasgow muri Ecosse mu nama yiga ku kurengera ibidukikije yiswe COP 26. Ahagarariye Perezida Kagame muri iriya  nama yitwa 2021 United Nations Climate Change Conference izwi mu mpine nka COP26.

I Grasgow yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Bwongereza Madamu Liz Truss ari kumwe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’amasezerano ya UN  y’imihindagurikire y’ikirere witwa Patricia Espinosa.

Iriya nama yatangiye tariki 31, Ukwakira, 2021 ikazarangira tariki 12, Ugushyingo, 2021.

Izaba iyobowe na Alok Sharma , uyu akaba ari Umwongereza w’Umunyapolitiki ukora mu Nteko ishinga amategeko y’u Bwongereza ariko akaba ari we uyobora ishyirwa mu bikorwa by’imyanzuro yo kurinda ko ikirere gikomeza kwandura yitwa COP 26.

Alok Sharma

Ni inama izaba ibaye ku nshuro ya gatatu ihuje impande zasinye amasezerano y’i Paris yo kugabanya ibyuka byoherezwa mu kirere, azwi nka Paris Agreement.

Iriya nama yari buterane mu mwaka ushize ariko iza gusubikwa kubera ubukana COVID-19 yari ifite umwaka ushize.

Iteranye mu gihe harangiye iyahuje Abakuru b’Ibihugu bigize G20 yabereye i Roma mu Butaliyani yigiye hamwe uko Isi yakwivana mu bibazo by’ubukungu yasigiwe na COVID-19.

Ikindi abitabiriye iriya nama y’Abakuru b’ibihugu bigiye hamwe harimo no kurengera ikirere kugira ngo ingaruka zo kutakirengera zitazaba intandaro y’ibindi byorezo n’ibiza kamere byibasira inyokomuntu.

TAGGED:BwongerezafeaturedInamaMinisitiriNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibitaro Bya Nyarugenge Byahagaritse Kwakira Abarwaye COVID-19
Next Article Airtel Africa Na UNICEF Bigiye Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Myigire Mu Bihugu Birimo u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?