Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Wa Haïti YEGUYE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’Intebe Wa Haïti YEGUYE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2024 2:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igitutu cy’abarwanyi bo muri Haïti cyasabaga Minisitiri w’Intebe Ariel Henry kwegura cyageze ku ntego kuko yamaze gutangaza ko yeguye.

Ni nyuma y’uko yari amaze iminsi ataba mu gihugu kubera kwanga ko yagirirwa nabi.

Mu minsi ikabakaba irindwi ishize Henry yari yabujijwe gutaha mu gihugu cye nyuma y’uko yari yagiye muri Kenya kuganira n’ubuyobozi bwaho ku byerekeye kohereza abapolisi mu gihugu cye ngo bahangamure abarwanyi bigaruriye 80% by’igihugu cyose.

Aho aviriyeyo, yasanze abarwanyi bayobowe n’uwiyise Barbecue barafashe ikibuga cy’indege bavuga ko adakwiye kugaruka muri iki gihugu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yahise akomereza muri New Jersey aho yavuye ajya muri Puerto Rico, igihugu gisanzwe gicungwa n’ubuyobozi bw’Amerika.

Mu ntangiriro z’Icyumweru cyatangiye taliki 11, Werurwe, 2024 nibwo abarwanyi bamusabye kwegura niba adashaka ko mu gihugu cye haba Jenoside cyangwa ko gihinduka amaraso.

Mu masaha make ashize nibwo yatangaje ko yemeye kwegura mu rwego rwo kwanga ko ibintu byarushaho kuba bibi.

Hagati aho abantu bategereje kureba uko ibyo muri Haïti bizarangira cyane cyane ko iki gihugu kimaze igihe mu kajagari ka Politiki katumye kiba kimwe mu bihugu bikennye kurusha ibindi ku isi.

TAGGED:AbarwanyifeaturedHaitiIntebeMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga Wa Tanzania Ari Mu Rwanda
Next Article U Rwanda Na Tanzania Bigiye Gufungura Undi Mupaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?