Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yasubijweho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yasubijweho

admin
Last updated: 21 November 2021 8:35 am
admin
Share
SHARE

Igisirikare cya Sudan cyemeje ko Abdalla Hamdok agiye gusubizwa mu nshingano ze nka Minisitiri w’Intebe, nyuma y’iminsi akuweho ndetse abasivili benshi bari bagize guverinoma ye bagatabwa muri yombi.

Ni icyemezo cyagezweho nyuma y’ibiganiro byamaze amasaha menshi bihuje amashyaka atandukanye n’ubuyobozi bw’igisirikare.

Ikurwaho rya Hamdok ryateje imyigaragabyo ikomeye mu gihugu, abaturage bamagana uburyo abasirikare bashaka kwikubira ubutegetsi.

Yabanje gufungwa ariko aza gusubizwa iwe mu rugo, akomeza gucungirwa umutekano.

Umuyobozi wa Umma Party, Fadlallah Burma Nasir, kuri iki Cyumweru yatangaje ko Hamdok azasubizwa mu nshingano ze mu minsi mike iri imbere, nk’uko yabibwiye Reuters.

Biteganywa ko azashyiraho guverinoma nshya igizwe n’inzobere mu nzego zitandukanye, ndetse ko abantu bose bari bamaze gutabwa muri yombi kubera impamvu za politiki bazahita barekurwa.

Sudan ikomeje guhura n’ibibazo bya politiki bishingiye ku kudahuza kw’impande ziyoboye igihugu mu nzibacyuho, hagati y’abasivili n’abasirikare.

Ni ibibazo igihugu gikomeje kunyuramo nyuma y’ihirikwa rya Omar al-Bashir wahoze akiyobora.

 

TAGGED:Abdalla HamdokfeaturedMInisitiri w'INtebeSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagore Bo Muri FPR-Inkotanyi Bahuye Ngo Bagire Ibyo Basuzuma
Next Article Ibizagenderwaho Mu Gukingira COVID-19 Abana Bafite Imyaka 12
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?