Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye

admin
Last updated: 03 January 2022 8:23 am
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Abdalla Hamdok yeguye mu nshingano ze, nyuma y’imyigaragambyo ikomeye irimo kuba muri iki gihugu.

Abaturage benshi bakomeje kwamagana amasezerano yagiranye n’inama ya gisirikare iyoboye igihugu mu nzibacyuho, ubwo yasubizwaga ku butegetsi nyuma yo gukurwaho mu Ukwakira 2021.

Abigaragambya baririmba ko “ubutegetsi bugomba kuba ubw’abaturage”, bityo ko abairikare bagomba kubwegurira abasivili.

Gusa ukwegura kwa Hamdok kwatumye guverinoma yose isigara igenzurwa n’igisirikare.

Ni ibibazo bikomeje gukururana kuri Sudan, guhera ku ihirikwa rya Perezida Omar al-Bashir mu 2019.

Mu ijambo rye ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, Hamdok yavuze ko igihugu cyari kigeze ahantu habo hateye inkeke.

Ni mu gihe ngo yakoze uko ashoboye ngo ahagarike ko “igihugu cyagwa mu mage akomeye”, ariko ngo ibyo yakoze byose ntacyo byatanze.

Igisirikare kivuga ko cyiteguye kuyobora inzibacyuho, kugeza ku matora azasubiza ubutegetsi abasivili ateganyijwe muri Nyakanga 2023.

TAGGED:Abdalla HamdokfeaturedOmar al-BashirSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturiye Nyiragongo Ubwoba Ni Bwose
Next Article Coaster Yari Izanye Urumogi I Kigali Yafatiwe i Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?