Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye

Last updated: 03 January 2022 8:23 am
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Abdalla Hamdok yeguye mu nshingano ze, nyuma y’imyigaragambyo ikomeye irimo kuba muri iki gihugu.

Abaturage benshi bakomeje kwamagana amasezerano yagiranye n’inama ya gisirikare iyoboye igihugu mu nzibacyuho, ubwo yasubizwaga ku butegetsi nyuma yo gukurwaho mu Ukwakira 2021.

Abigaragambya baririmba ko “ubutegetsi bugomba kuba ubw’abaturage”, bityo ko abairikare bagomba kubwegurira abasivili.

Gusa ukwegura kwa Hamdok kwatumye guverinoma yose isigara igenzurwa n’igisirikare.

Ni ibibazo bikomeje gukururana kuri Sudan, guhera ku ihirikwa rya Perezida Omar al-Bashir mu 2019.

Mu ijambo rye ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, Hamdok yavuze ko igihugu cyari kigeze ahantu habo hateye inkeke.

Ni mu gihe ngo yakoze uko ashoboye ngo ahagarike ko “igihugu cyagwa mu mage akomeye”, ariko ngo ibyo yakoze byose ntacyo byatanze.

Igisirikare kivuga ko cyiteguye kuyobora inzibacyuho, kugeza ku matora azasubiza ubutegetsi abasivili ateganyijwe muri Nyakanga 2023.

TAGGED:Abdalla HamdokfeaturedOmar al-BashirSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturiye Nyiragongo Ubwoba Ni Bwose
Next Article Coaster Yari Izanye Urumogi I Kigali Yafatiwe i Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

PM Nsengiyumva Ashima Ko Ubukucuzi Bw’Amabuye Y’Agaciro Bwahaye Akazi Abantu 92,000

Bidatinze U Rwanda Ruratangira Gukoresha Ifaranga Koranabuhanga- BNR

Putin Arahura N’Umujyanama Wa Trump Bongere Kuganira Kuri Ukraine

Ikibazo Cy’Abarobyi Ba DRC Bambuwe Ibikoresho N’Ingabo Za Angola Kirahangayikishije

Murigande Muri Sena, Kayitesi Muri MINAFFET,…Impinduka Muri Guverinoma Y’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

You Might Also Like

Ubukungu

BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubutabera

Ruhango: Urwego Rw’Umuvunyi Rwasanze Mu Miryango Higanje Ibibazo By’Izungura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: 500 Bishwe N’Imyuzure, Abarokotse Kubona Icyo Kurya Ni Ingorabahizi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?