Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye

Last updated: 03 January 2022 8:23 am
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Abdalla Hamdok yeguye mu nshingano ze, nyuma y’imyigaragambyo ikomeye irimo kuba muri iki gihugu.

Abaturage benshi bakomeje kwamagana amasezerano yagiranye n’inama ya gisirikare iyoboye igihugu mu nzibacyuho, ubwo yasubizwaga ku butegetsi nyuma yo gukurwaho mu Ukwakira 2021.

Abigaragambya baririmba ko “ubutegetsi bugomba kuba ubw’abaturage”, bityo ko abairikare bagomba kubwegurira abasivili.

Gusa ukwegura kwa Hamdok kwatumye guverinoma yose isigara igenzurwa n’igisirikare.

Ni ibibazo bikomeje gukururana kuri Sudan, guhera ku ihirikwa rya Perezida Omar al-Bashir mu 2019.

Mu ijambo rye ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, Hamdok yavuze ko igihugu cyari kigeze ahantu habo hateye inkeke.

Ni mu gihe ngo yakoze uko ashoboye ngo ahagarike ko “igihugu cyagwa mu mage akomeye”, ariko ngo ibyo yakoze byose ntacyo byatanze.

Igisirikare kivuga ko cyiteguye kuyobora inzibacyuho, kugeza ku matora azasubiza ubutegetsi abasivili ateganyijwe muri Nyakanga 2023.

TAGGED:Abdalla HamdokfeaturedOmar al-BashirSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturiye Nyiragongo Ubwoba Ni Bwose
Next Article Coaster Yari Izanye Urumogi I Kigali Yafatiwe i Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?