Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Yeguye

Last updated: 03 January 2022 8:23 am
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Sudan Abdalla Hamdok yeguye mu nshingano ze, nyuma y’imyigaragambyo ikomeye irimo kuba muri iki gihugu.

Abaturage benshi bakomeje kwamagana amasezerano yagiranye n’inama ya gisirikare iyoboye igihugu mu nzibacyuho, ubwo yasubizwaga ku butegetsi nyuma yo gukurwaho mu Ukwakira 2021.

Abigaragambya baririmba ko “ubutegetsi bugomba kuba ubw’abaturage”, bityo ko abairikare bagomba kubwegurira abasivili.

Gusa ukwegura kwa Hamdok kwatumye guverinoma yose isigara igenzurwa n’igisirikare.

Ni ibibazo bikomeje gukururana kuri Sudan, guhera ku ihirikwa rya Perezida Omar al-Bashir mu 2019.

Mu ijambo rye ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, Hamdok yavuze ko igihugu cyari kigeze ahantu habo hateye inkeke.

Ni mu gihe ngo yakoze uko ashoboye ngo ahagarike ko “igihugu cyagwa mu mage akomeye”, ariko ngo ibyo yakoze byose ntacyo byatanze.

Igisirikare kivuga ko cyiteguye kuyobora inzibacyuho, kugeza ku matora azasubiza ubutegetsi abasivili ateganyijwe muri Nyakanga 2023.

TAGGED:Abdalla HamdokfeaturedOmar al-BashirSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturiye Nyiragongo Ubwoba Ni Bwose
Next Article Coaster Yari Izanye Urumogi I Kigali Yafatiwe i Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?