Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Uburezi Wa RDC Yafatiwe i Brazzaville Ahunze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’Uburezi Wa RDC Yafatiwe i Brazzaville Ahunze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 April 2021 8:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Willy Bakonga wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi Ushinzwe amashuri abanza, ayisumbuye n’imyuga muri guverinoma icyuye igihe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, RDC, yatawe muri yombi akekwaho kunyereza umutungo wa leta.

Bakonga yafatiwe i Brazzaville kuri uyu wa Kabiri ku busabe bwa Leta ya Kinshasa, nk’uko AFP yabitangaje. Yafashwe agiye kwerekeza i Paris, na Air France.

Yahamagajwe n’ubushinjacyaha ku wa 16 Mata kugira ngo abazwe ku byaha akekwaho byo kunyereza umutungo wa leta, ariko ntiyitaba.

Uyu mugabo yanabaye minisitiri wa siporo ku butegetsi bwa Joseph Kabila. Yari muri Minisiteri y’uburezi guhera muri Kanama 2019, kugeza ubwo mu minsi ishize iyi Guverinoma yeguraga.

Amakuru yemejwe avuga ko ubu “afungiwe mu biro bishinzwe iperereza, Centrale d’intelligence et de la documentation.”

Afashwe nyuma y’uko uwahoze ari umuyobozi mukuru ushinzwe guhemba abarimu n’umugenzuzi mukuru wa Minisiteri y’uburezi, ku wa 25 Werurwe bakatiwe gufungwa imyaka 20 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kunyereza umutungo.

Ni nyuma y’uko muri Gashyantare Banki y’Isi yahagaritse inkunga yua miliyoni $100 yagombaga gutangwa kugira ngo imfashe abana kwigira ubuntu, kubera ibirego bya ruswa.

TAGGED:BrazzavillefeaturedTshisekediWilly Bakonga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye Ya Munyenyezi Béatrice Yashyikirijwe Ubushinjacyaha
Next Article Ingabo Za Kenya Zitegerejwe Muri RDC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?