Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mozambique: Ingabo Z’u Rwanda Zubakiye Abana Amashuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Mozambique: Ingabo Z’u Rwanda Zubakiye Abana Amashuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 September 2024 12:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Ancuabe muri Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda na Polisi ziherutse gutaha amashuri atanu zubakiye abahatuye kugira ngo abana bigire aheza.

Ayo mashuri yubatswe ahitwa Nacololo, mu itahwa ryayo hakaba haratanzwe n’ibikoresho bitandukanye bigenewe abanyeshuri.

Ibyo ni intebe 100 zifatanye n’ameza abana bandikiraho, ibitabo by’amashuri, amakaramu, ingwa za mwarimu n’amakaramu yo gushushanyisha…byose bikaba byarahawe abana 500.

Brig. Gen  Théodomille Bahizi uyoboye ingabo zigize ikitwa Task Force Battle Group 3  yavuze ko ingabo z’u Rwanda zagiye muri Mozambique zitajyanywe no kuhagarura amahoro gusa ahubwo nko zifite n’intego yo gufasha abahatuye kugira ubuzima bwiza.

Brig. Gen Théodomille Bahizi

Avuga ko uburezi ari ingenzi mu kuzamura ejo hazaza ha buri gihugu.

Ati: “Ingabo z’u Rwanda ziyemeje kuzakomeza gukorana n’ubuyobozi bwa Mozambique mu bikorwa byazo kugira ngo intego twiyemeje igerweho”.

Umuyobozi w’Umujyi wa Ancuabe muri Cabo Delgado witwa Benito Joaquim Santos Casimilo yashimye umusanzu u Rwanda ruha Mozambique binyuze mu ngabo zarwo na Polisi yarwo.

Avuga ko kimwe mu bibyerekana ari igikorwa cyo kubakira bariya bana amashuri yo kubafasha kwiga neza.

Umuyobozi w’Ikigo cy’ariya mashuri witwa Faluki Silverio avuga ko yizeye ko umusanzu ikigo cye  cyahawe uzagirira akamaro abanyeshuri kandi ko bazafata neza biriya byumba.

TAGGED:AbanaAbaturageAmashuriBahiziCabofeaturedIngaboPolisiRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Abanyeshuri 17 Bishwe N’Inkongi
Next Article Ngirente Avuga Ko U Rwanda Rushaka Ko Abikorera Barushaho Guteza Imbere Ubuhinzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?