Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: MTN Rwanda Yatangije Uburyo Bwo Gufasha Ibigo Bihamagarwa N’Abakiliya Kenshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

MTN Rwanda Yatangije Uburyo Bwo Gufasha Ibigo Bihamagarwa N’Abakiliya Kenshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 July 2022 5:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane ikigo gitanga serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN Rwanda, cyatangije uburyo bise MTN Unicall, bukaba ari uburyo buzafasha abafite ibigo bikunze guhamagarwa n’abakiliya benshi cyangwa bifite abakozi benshi kujya bavugana bitabagoye kuko bizakoresha murandasi.

MTN Rwanda ivuga ko ari igikorwa batekereje kubera ko basanze ibyabaye mu gihe cya COVID-19 abakozi bateegetswe gukorera mu rugo byerekanye ko ari ngombwa ko abantu hababwa uburyo bwo gutumanaho butahenze kugira ngo akazi  gukomeze.

Umuyobozi muri MTN Rwanda ushinzwe ibikorwa n’ubucuruzi witwa Didas Ndoli avuga ko bizeye ko buriya buryo buzanezeza abazabukoresha kandi ngo ku ikubitiro ntibuhenze.

Icyo abakiliya bashaka iriya Serivisi basabwa ni uko baba bafite telefoni zikoresha murandasi bita IP Phone.

Ati: “MTN Unicall ni uburyo twatangije bwo gufasha abakiliya guhamagarana bityo bagakora akazi kabo mu buryo bworoshye bukoresha ikoranabuhanga.”

Umuhango wo gutangiza serivisi ya MTN Unicall wabereye ku cyicaro gikuru cyayo

Taarifa yamubajije icyo bizeza Abanyarwanda ku mitunganire ya buriya buryo cyane cyane ko basanzwe bavuga ko hari ubwo imirongo ya MTN icika, Ndoli asubiza ko ubu buryo bagiye gutangiza ari nta makemwa kuko babugerageje kenshi.

Ntahakana ko hari ubwo murandasi ishobora kugenda gahoro kubera ko ikoranabuhanga ari uko riteye, ariko yemeza ko hari icyizere kinini cy’uko bizakora neza.

Hari ikiganiro ubwanditsi bwa Taarifa bwigeze guha umwe mu bayobozi muri MTN Rwanda atubwira impamvu zituma hari igihe umurongo wo guhamagaranaho ucika.

Kanda usome ikiganiro cyose…

Ikiganiro Cyihariye: Ibibazo RURA Yategetse MTN Gukemura Ibigeze he?

 

TAGGED:featuredIbigoMTN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisiteri W’Intebe W’u Bwongereza YEGUYE
Next Article Kayumba Nyamwasa Akiri Mu Ngabo Za Uganda Yatanze Ruswa Bamuha Ipeti
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?