Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: MTN Rwanda Yatangije Uburyo Bwo Gufasha Ibigo Bihamagarwa N’Abakiliya Kenshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

MTN Rwanda Yatangije Uburyo Bwo Gufasha Ibigo Bihamagarwa N’Abakiliya Kenshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 July 2022 5:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane ikigo gitanga serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN Rwanda, cyatangije uburyo bise MTN Unicall, bukaba ari uburyo buzafasha abafite ibigo bikunze guhamagarwa n’abakiliya benshi cyangwa bifite abakozi benshi kujya bavugana bitabagoye kuko bizakoresha murandasi.

MTN Rwanda ivuga ko ari igikorwa batekereje kubera ko basanze ibyabaye mu gihe cya COVID-19 abakozi bateegetswe gukorera mu rugo byerekanye ko ari ngombwa ko abantu hababwa uburyo bwo gutumanaho butahenze kugira ngo akazi  gukomeze.

Umuyobozi muri MTN Rwanda ushinzwe ibikorwa n’ubucuruzi witwa Didas Ndoli avuga ko bizeye ko buriya buryo buzanezeza abazabukoresha kandi ngo ku ikubitiro ntibuhenze.

Icyo abakiliya bashaka iriya Serivisi basabwa ni uko baba bafite telefoni zikoresha murandasi bita IP Phone.

Ati: “MTN Unicall ni uburyo twatangije bwo gufasha abakiliya guhamagarana bityo bagakora akazi kabo mu buryo bworoshye bukoresha ikoranabuhanga.”

Umuhango wo gutangiza serivisi ya MTN Unicall wabereye ku cyicaro gikuru cyayo

Taarifa yamubajije icyo bizeza Abanyarwanda ku mitunganire ya buriya buryo cyane cyane ko basanzwe bavuga ko hari ubwo imirongo ya MTN icika, Ndoli asubiza ko ubu buryo bagiye gutangiza ari nta makemwa kuko babugerageje kenshi.

Ntahakana ko hari ubwo murandasi ishobora kugenda gahoro kubera ko ikoranabuhanga ari uko riteye, ariko yemeza ko hari icyizere kinini cy’uko bizakora neza.

Hari ikiganiro ubwanditsi bwa Taarifa bwigeze guha umwe mu bayobozi muri MTN Rwanda atubwira impamvu zituma hari igihe umurongo wo guhamagaranaho ucika.

Kanda usome ikiganiro cyose…

Ikiganiro Cyihariye: Ibibazo RURA Yategetse MTN Gukemura Ibigeze he?

 

TAGGED:featuredIbigoMTN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisiteri W’Intebe W’u Bwongereza YEGUYE
Next Article Kayumba Nyamwasa Akiri Mu Ngabo Za Uganda Yatanze Ruswa Bamuha Ipeti
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?