Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Biryogo Baganirijwe Na Polisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Biryogo Baganirijwe Na Polisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 June 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye  kimwe mu bice by’umujyi wa Kigali byamenyekanye kurusha ibindi ari ho mu Biryogo baganirijwe na Polisi y’u Rwanda. Umuvugizi wayo Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabibukije akamaro ku kubaha ibyapa biranga imikoreshereze y’umuhanda.

Mu Biryogo ( ho muri Nyarugenge) hamamaye ku bintu bitandukanye birimo no kwica amategeko cyane cyane mu gukora ibintu bitujuje ubuziranenge birimo n’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga.

Hari permis ziswe ‘indyogo’ kubera ko ziba ari incurano.

Mu bukangurambaga bwa Polisi yise Gerayo amahoro yibutsa abantu ko umuhanda ari igikorwaremezo gihurirwamo n’abantu batandukanye, icy’ingenzi kikaba kwihanganirana no gukurikiza amategeko asanzwe awugenga.

Ni ubukangurambaga bugamije kugera ku nzego zose z’Abanyarwanda kugira ngo baganirizwe ku byiza byo gukoresha neza umuhanda.

Mu Biryogo hari hahuriye abantu b’inzego zitandukanye barimo abana, urubyiruko n’abantu bakuze.

Abagabo bakuru babajije CP Kabera bimwe mu bibazo bari baramubuze ngo babimubaze, arabasubiza.

Abamotari nabo bari baje ari benshi ngo bibutswe ibibi byo kugenda nabi mu muhanda n’icyo bakora haramutse hari umuntu ufite imodoka ubagendeye nabi.

TAGGED:BiryogoGerayo AmahoroKaberaNyarugengePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mujyi Wa Kigali N’Akarere Ka Kamonyi Bagiye Kubura Amazi
Next Article Yvonne Makolo Yahawe Inshingano Ku Rwego Mpuzamahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?