Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Biryogo Baganirijwe Na Polisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Biryogo Baganirijwe Na Polisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 June 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye  kimwe mu bice by’umujyi wa Kigali byamenyekanye kurusha ibindi ari ho mu Biryogo baganirijwe na Polisi y’u Rwanda. Umuvugizi wayo Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabibukije akamaro ku kubaha ibyapa biranga imikoreshereze y’umuhanda.

Mu Biryogo ( ho muri Nyarugenge) hamamaye ku bintu bitandukanye birimo no kwica amategeko cyane cyane mu gukora ibintu bitujuje ubuziranenge birimo n’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga.

Hari permis ziswe ‘indyogo’ kubera ko ziba ari incurano.

Mu bukangurambaga bwa Polisi yise Gerayo amahoro yibutsa abantu ko umuhanda ari igikorwaremezo gihurirwamo n’abantu batandukanye, icy’ingenzi kikaba kwihanganirana no gukurikiza amategeko asanzwe awugenga.

Ni ubukangurambaga bugamije kugera ku nzego zose z’Abanyarwanda kugira ngo baganirizwe ku byiza byo gukoresha neza umuhanda.

Mu Biryogo hari hahuriye abantu b’inzego zitandukanye barimo abana, urubyiruko n’abantu bakuze.

Abagabo bakuru babajije CP Kabera bimwe mu bibazo bari baramubuze ngo babimubaze, arabasubiza.

Abamotari nabo bari baje ari benshi ngo bibutswe ibibi byo kugenda nabi mu muhanda n’icyo bakora haramutse hari umuntu ufite imodoka ubagendeye nabi.

TAGGED:BiryogoGerayo AmahoroKaberaNyarugengePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mujyi Wa Kigali N’Akarere Ka Kamonyi Bagiye Kubura Amazi
Next Article Yvonne Makolo Yahawe Inshingano Ku Rwego Mpuzamahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

RDF na Polisi Bari Guha Abatuye Sudani Y’Epfo Uburyo Bwo Kwirinda Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?