Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bushinwa Hadutse Virusi Yica ¾ By’Abo Yazahaje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bushinwa Hadutse Virusi Yica ¾ By’Abo Yazahaje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2022 11:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaganga bo mu Bushinwa batanze impuruza y’uko muri kiriya gihugu hadutse virusi bise LayV ( Langya Henipavirus) bavuga ho ko yica ¾ by’abantu yafashe. Abantu barenga 30 nibo bamaze kuyandura ariko hari impungenge ko abanduye bashobora kuza kwanduza abandi.

Icyakora abantu bayanduye ntawe irahitana kugeza ubu.

Mu bimenyetso byayo harimo n’ibicurane.

Abahanga bavuga ko isanzwe igaragara mu mbeba bityo ko zishobora kuba ari zo zayanduje abantu.

Kugeza ubu abahanga bari gusuzuma niba abantu badashobora kwanduzanya iriya virusi.

Ibyo bagezeho mu bushakashatsi bwabo kuri iyi virusi babitangaje mu kinyamakuru kitwa New England Journal of Medicine.

Igaragara bwa mbere yagaragaye mu mbeba.

Hari muri Mutarama, 2019.

Bidatinze hagaragaye ubundi bwandu 14 mu Ntara ya Shandong.

Ikindi kimenyetso cyayo ni uguhinda umuriro,  gucika intege, kubihirwa mu kanwa, kubabara imikaya no kugira iseseme.

Uretse imbeba, iriya virusi iboneka no mu ihene.

Ikibabaje ni uko iyi virusi yica cyane. Iyo igeze mu bantu yica ¾ by’abo yazahaje.

Si kimwe na COVID-19 yandura cyane ariko ntiyice benshi nk’uko bimeze kuri iyi virusi yindi.

Kugeza ubu nta rukingo rw’iyi virusi rurakorwa ngo rutangazwe ku mugaragaro, ariko hari ubwoko butatu buri kugeragerezwa ku nyamaswa.

TAGGED:BushinwaVirusi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwari Umushinjacyaha Mukuru Yatangaje Ko Hari Ibyo Amerika Yari Izi Ku Migambi Ya Rusesabagina
Next Article Rayon Sports Yakiriye Rwatubyaye WAGARUTSE Kuyikinamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?