Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bushinwa Inzu Y’Amagorofa 42 Yahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Bushinwa Inzu Y’Amagorofa 42 Yahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2022 2:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Mu Mujyi wa Changsha mu Bushinwa yagashwe n’inkongi. Amafoto yatangajwe na CCTV arerekana inkongi ikongora igice cy’imwe cy’uyu muturirwa ugeretse inzu 42.

Ni inzu yari isanzwe ikorerwamo n’ikigo gikora iby’itumanaho kitwa China Telecom.

Abantu babyaye bari mu mihanda ikikije iyo nzu, bahise bava mu modoka amaguru bayabangira ingata banga ko iri nzu yaza kubagwira.

Ni ibintu byari biteye ubwoba!

Kugeza ubu, Polisi ntiratangaza abapfiriye muri biriya byago.

Umujyi wa Changsha ni wo murwa mukuru w’Intara ya Hunan ituwe na Miliyoni 10 z’abaturage.

Inzu yahiye ifite uburebure bwa metero 218,  ikaba yaruzuye mu mwaka wa 2000.

Mu mwaka wa 2021 muri Nyakanga hari inzu y’ububiko bw’ibikoresho yafashwe n’inkongi abantu 15 bahasiga ubuzima.

Byabereye mu Ntara ya Jilin iri mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bw’u Bushinwa.

Hari abandi bantu bantu 25 bahakomerekeye kubera ubushye.

Iyi nzu isanzwe ikorerwamo n’ikigo cy’ikorabuhanga mu by’itumanaho
Ifite uburebure bwa metero 218
TAGGED:BushinwafeaturedInkongiInzuUmuturirwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubudage Bwiyemeje Kugira Igisirikare Kiruta Ibindi Mu Burayi
Next Article Shema Maboko Wo Muri Minisiteri Ya Siporo Yavanywe Ku Mirimo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?