Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Cyahoze Ari KIM Haravugwa Ubujura Bw’Amanota
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Cyahoze Ari KIM Haravugwa Ubujura Bw’Amanota

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2021 3:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa yamenye ko Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangiye iperereza ngo rumenye ukuri ku bivugwa by’uko abarimu bigishaga muri Kaminuza yitwaga Kigali Institute of Management(KIM) bahaye abanyeshuri amanota adahuje n’ayo bakoreye.

Mu Ugushyingo, 2020 nibwo iriya Kaminuza yafunze imiryango kubera ‘impamvu z’amikoro make.’

Kugira ngo ikibazo kimenyekane byaturutse ku makuru yatanzwe na bamwe mu bigaga muri iriya Kaminuza bavugaga ko barebye basanga amanota yabo yarahinduwe.

Amakuru dufite avuga ko ubugenzacyaha bwinjiye muri kiriya kibazo burasuzuma busanga amanota yanditswe ku ndangamanota za bariya banyeshuri atandukanye n’ayanditswe mu ikoranabuhanga ribikwamo amanota.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari umwe mu bigeze kwiga muri iriya Kaminuza watubwiye  ko abanyeshuri bitangiye kwiga muri iriya Kaminuza mu mwaka w’amashuri wa 2016 kugeza ubu batarambara imyenda yambarwa n’abarangije amashuri.

Imwe mu mpamvu zivugwa ko zateye iki kibazo, ni uko abarimu banze guha abanyeshuri indangamanota zabo kubera ko nabo batarahembwa.

Taarifa yagerageje kuvugisha Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha Dr Thierry B.Murangira kugira ngo agire icyo abivugaho ariko ntiyashoboye kwitaba telefoni.

Kigali Institute of Management yatangiye kugira ibibazo by’ubukungu mu mwaka wa 2016 ubwo abanyeshuri batangiraga kuyivamo.

Nyuma yaje gufunga imiryango ndetse nyuma y’aho igurwa n’indi Kaminuza yitwa University of Kigali.

- Advertisement -
TAGGED:AbanyeshuriAmanotafeaturedKaminuzaKigaliKim
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Boko Haram Ifite ‘Umuyobozi Mushya’
Next Article Ubukwe Bwasorejwe Muri Stade Kubera Kwica Amabwiriza Yo Kwirinda COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?