Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Kicaro Gikuru Cya BK Hafunguwe Icyumba Cyo Kwita Ku Bana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Kicaro Gikuru Cya BK Hafunguwe Icyumba Cyo Kwita Ku Bana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 October 2023 10:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya yaraye yifatanyije n’ubuyobozi bukuru bwa Banki ya Kigali mu gufungura ku mugaragaro icyumba ababyeyi bakora muri iyi Banki bazajya bonkerezamo cyangwa bakazana abana ngo babe bari hafi yabo.

Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali avuga ko basanze biri mu nyungu za buri wese ko umubyeyi wonsa akora afite umwana we hafi kugira ngo amwonse igihe cyose abishakiye.

Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali

Biri mu nyungu z’umwana cyane cyane ariko na Nyina bimufasha guha umwana we ibere, bigakomeza umurunga wa kibyeyi usanzwe uhuza umwana na Nyina.

Karusisi yagize ati: “ Twishimiye gutangiza iki cyumba mu Cyicaro gikuru cya Banki ya Kigali kandi twizeye ko  kizatuma abana b’ababyeyi bakorera hano bonka neza kandi na ba Nyina bagakora akazi neza bizeye ko abana babo bari mu biganza byiza.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuyobozi wa Banki ya Kigali avuga ko ubuyobozi bw’iyi Banki buzi akamaro k’abakozi bayo kuko badashoboye akazi neza gusa ahubwo ari n’ababyeyi beza, bafite uburenganzira bwo kwita ku bibondo byabo neza uko bishoboka kose.

Dr. Valentine Uwamariya avuga ko Guverinoma ishyigikiye ko ibigo byose bigira ahantu ababyeyi bonkereza abana kandi ngo ibyumba nka biriya ni ishusho nziza y’uburyo uburinganire bushyirwamo imbaraga mu nzego zose z’ubuzima.

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya
Bishimiye ko hafunguwe iki cyumba
TAGGED:AbanaBankiBKDianefeaturedKarusisiMinisitiriUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye Y’Umunyamakuru Wa Jeune Afrique Yagejejwe Mu Rukiko
Next Article Hatangajwe Imfashanyigisho Y’Uburyo Abahungu Bazavamo Abagabo Buzuzanya N’Abagore
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?