Abasenateri baraye basabye ko hashyirwaho uburyo bwihariye bwo kwigisha Jenoside yakorewe Abatutsi mu mashuri yose. Basanga uburyo Jenoside yakorewe yakorewe Abatutsi yigishwa, bukwiye kuvugururwa. Abagize Komisiyo...
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko agahimbazamusyi abayobozi b’ibigo bya Leta bakaga ababyeyi kavanyweho. Ababyeyi babyishimiye bavuga ko ari ikindi kintu cyerekana ko Guverinoma ibitaho. Icyakora hari umuhanga...
Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basabye Minisiteri y’uburezi gusuzuma ikibazo cy’imiyoborere mibi muri bimwe mu bigo by’amashuri. Bavuga...
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya yaraye atangaje ko u Rwanda rufite intego yo guteza imbere Igifaransa mu mashuri y’ibyiciro byose by’uburezi. Yabivugiye mu muhango u Rwanda...
Hashize igihe gito Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya abwiye Taarifa ko hari abarimu bahitamo kutigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bamwe muri bo babwiye itangazamakuru ko...