Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Abagize Unity Club Mu Rugwiro Rwinshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Abagize Unity Club Mu Rugwiro Rwinshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 October 2023 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagize ihuriro ry’abahoze ari abayobozi mu nzego za Leta n’abakiri bo baraye bahuriye mu Intare Arena barasabana, baganira ku ngingo zireba ubumwe bw’Abanyarwanda.

Dr. Valentine Uwamariya uri mu Bakomiseri bakuru muri iri Huriro aherutse kubwira RBA ko Unity Club ari umuryango mugari kandi ko umuntu wese wabaye umuyobozi aba agomba kuyijyamo uko byagenda kose.

Uwamariya usanzwe ari Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango avuga ko niyo hari umuyobozi witwaye nabi mu gihe cye, bitamubuza kuba umunyamuryango w’iri Huriro.

Ushingiye kuri izo ngingo Dr Valentine Uwamariya avuga, wumva ko Unity Club ari ahantu abayobozi bose babana nk’abavandimwe bakagirana inama, bagakeburana kandi bakaterana inkunga yo gukomeza gukora imirimo myiza yose.

Amafoto akurikira arerekana urwo rugwiro ruranga abagize uyu muryango ukomeye:

Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa agaira na Minisitiri w’Ingabo Juvenal Marizamunda
Abayobozi bakiri bato mu nzego z’urubyiruko nabo baba batumiwe
Hon Bernard Makuza wayoboye igihe kirekire Sena y’u Rwanda na Minisiteri y’Intebe nawe yari ahari.
Sen Me Evode Uwiringiyimana asuhuzanya na Minisitiri Judith Uwizeye
Urugwiro rwari rwose ku maso y’aba bayobozi basuhuzanya nk’abakumburanye
Hon Francois Ngarambe na Major Gen(Rtd) Frank Mugambage
Inararibonye Tito Rutaremera aganira n’umwe mu babyeyi bitabiriye iri huriro
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda Dr. Jean Damascene Bizimana ubwo yari ageze aho ririya huriro ryabereye
Musenyeri Sirvellien nawe yaje gutanga inama nk’inararibonye
Mufti w’u Rwanda Sheikh Salim Hitimana
Umunyamabanga Mukuru wa FPR-Inkotanyi Hon Gasamagera Wellars na Min w’uburezi Dr. Gaspard Twagirayezu
Ababyeyi bakuru baganira
Hon Uwacu Julienne aha ishimwe umwe mu barinzi b’igihango
Mukamunana Nyirambonera Judith Umubyeyi wabereye benshi ingirakamaro yabihembewe
Madamu Jeannette Kagame asuhuza abaje muri huriro. Umwe muri bo ni Kayisire Marie Solange
Bwana Mudidi Emmanuel na Bayigamba Robert baganira n’undi mugabo mukuru wari witabiriye iri Huriro
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yayoboye umuhango wo guhemba abarinzi b’igihango cy’Ubumwe bw’Abanyarwanda

Amafoto:@UnityClubRw

TAGGED:ClubfeaturedUnityUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jeannette Kagame Asaba Abanyarwanda Kwirinda Za ‘Munyangire’
Next Article Iran Ivuga Ko Bidatinze Ishobora Kurwana Na Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?