Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Uko Abafana Ba Arsenal Bakiriye Ibyamamare Bya Arsenal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Uko Abafana Ba Arsenal Bakiriye Ibyamamare Bya Arsenal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2022 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo abafana ba Arsenal bakiraga abagabo babiri bayikiniye kakahava ari bo Robert Pires na Ray Parlour, byari ibyishimo bidasanzwe.

Bamwe muri bo bavuze ko kwishimira bariya bagabo bifite ishingiro kuko ubwo bari abakinnyi ba Arsenal ngo nibwo iyi kipe nibwo iheruka guha abafana bayo ibyishimo.

Kuva icyo gihe ngo ntirongera kubashimisha nk’uko byahoze.

Aba bafana barimo bamwe badatinya kuvuga ko Arsenal ari yo kipe yo mu Bwongereza ifanwa n’Abanyarwanda benshi basabanye na bariya bagabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abayobozi bakuru mu Kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, aribo Clare Akamanzi na Ariella Kageruka nabo bari bahari.

Clare Akamanzi utahatinze, yashimiye bariya bagabo kuba baraje mu Rwanda kandi ababwira ko imvura igwa ari isubira, ko nibabona umwanya bazagaruka kandi ko bisanga.

Amafoto icumi yerekana uko byari bimeze muri macye:

Abafana ba Arsenal bari babucyereye
Ubwo bari bageze muri Hoteli bakiriwemo
Ariella Kageruka abaganiriza mbere y’uko binjira bakaganira n’abafana
Ray
Pires
Ubwo bahaga ikiganiro abafana babo
Umuyobozi muri RDB ushinzwe ubukerarugendo Madamu Ariella Kageruka
Clare Akamanzi ati: ” Murisanga mu Rwanda, muzagaruke”
Fan Clubs zari zihagarariwe muri iki gikorwa
Abafasha ba biriya byamamare
Bishimiye uko baganiriye n’abafana ba Arsenal mu Rwanda
Abafana ba Arsenal bari bafite amatsiko yo kumva ibigwi by’aba bagabo bagacishijeho kakahava
Bavuze ko basanze mu Rwanda hari ikirere cyiza
Bafashe ifoto y’urwibutso

 

TAGGED:AbafanaAkamanziArsenalfeaturedKageruka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Za Uganda Zujuje Umuhanda Zivuga Ko Ugiye Kuzifasha Guhashya ADF
Next Article Uwabwiye Inzego Ko Muri SACCO Hari Ubujura Yasabiwe Gufungwa Imyaka 10
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?