Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Uko Amatora Ya Komite Y’Umudugudu Yifashe Hirya No Hino
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Uko Amatora Ya Komite Y’Umudugudu Yifashe Hirya No Hino

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2021 2:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Mu murenge wa Kibumbwe mu Karere ka Nyamagabe
SHARE

Hirya no hino mu Rwanda hari kubera amatora y’abagize Komite y’Abagize Umudugudu.

Ni amatora yari ateganyijwe gutangira saa moya za mu gitondo ariko ahari aho byatinze kubera ko bamwe mu bagize Inteko itora batinze.

Zimwe mu mpamvu twamenye zabiteye mu cyaro ni uko hari abazindutse bajya gucyemura utubazo two mu rugo harimo no kwahirira inyana n’iyindi.

Muri aya masaha, amatora yatangiye ndetse hari amafoto Taarifa yahawe n’abari ku ma site ndetse n’aho twakuye ku mbuga nkoranyambaga yerekana uko ibintu bihagaze kugeza ubu.

Ikigaragara ni uko aho ariya matora yabereye hateguwe neza kandi nk’uko bisanzwe mu matora yo mu Rwanda bikaba bisa n’ubukwe.

Nyarugenge:

Mu Murenge wa Nyarugenge ahitwa mu  Gatare
Babanje guhabwa amabwiriza

Gasabo:

Mu Murenge wa Kimirongo nabo baje gutora kandi bakurikije amabwiriza yo kwirinda COVID-19
Abaseseri bararahira

Ruhango:

Ruhango i Shyogwe bateguye neza
Amatora yo mu Rwanda asa n’ubukwe bw’aho
Bahawe ikaze

Nyamagabe:

Mu murenge wa Kibumbwe mu Karere ka Nyamagabe

Karongi:

Mu murenge wa Murambi nabo babukereye
Agaseke kagenewe gutorerwamo. Aha ni i Murambi muri  Karongi

Nyaruguru:

Abaturage bo mu Murenge wa Kibeho barahiza abaseseri.
TAGGED:AmatorafeaturedKomiteUmudugudu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vivo Energy Yafunguye Sitasiyo Nshya Ya Engen i Rusororo
Next Article Icyo Ambasaderi W’U Rwanda Mu Bushinwa Avuga Ku Mubano W’Ibihugu Byombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?