Mu Mafoto: Uko Amatora Ya Komite Y’Umudugudu Yifashe Hirya No Hino

Mu murenge wa Kibumbwe mu Karere ka Nyamagabe

Hirya no hino mu Rwanda hari kubera amatora y’abagize Komite y’Abagize Umudugudu.

Ni amatora yari ateganyijwe gutangira saa moya za mu gitondo ariko ahari aho byatinze kubera ko bamwe mu bagize Inteko itora batinze.

Zimwe mu mpamvu twamenye zabiteye mu cyaro ni uko hari abazindutse bajya gucyemura utubazo two mu rugo harimo no kwahirira inyana n’iyindi.

Muri aya masaha, amatora yatangiye ndetse hari amafoto Taarifa yahawe n’abari ku ma site ndetse n’aho twakuye ku mbuga nkoranyambaga yerekana uko ibintu bihagaze kugeza ubu.

- Advertisement -

Ikigaragara ni uko aho ariya matora yabereye hateguwe neza kandi nk’uko bisanzwe mu matora yo mu Rwanda bikaba bisa n’ubukwe.

Nyarugenge:

Mu Murenge wa Nyarugenge ahitwa mu  Gatare
Babanje guhabwa amabwiriza

Gasabo:

Mu Murenge wa Kimirongo nabo baje gutora kandi bakurikije amabwiriza yo kwirinda COVID-19
Abaseseri bararahira

Ruhango:

Ruhango i Shyogwe bateguye neza
Amatora yo mu Rwanda asa n’ubukwe bw’aho
Bahawe ikaze

Nyamagabe:

Mu murenge wa Kibumbwe mu Karere ka Nyamagabe

Karongi:

Mu murenge wa Murambi nabo babukereye
Agaseke kagenewe gutorerwamo. Aha ni i Murambi muri  Karongi

Nyaruguru:

Abaturage bo mu Murenge wa Kibeho barahiza abaseseri.
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version