Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Uko Inama Yahuzaga Abagaba B’Ingabo Zirwanira Mu Kirere Yashojwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Uko Inama Yahuzaga Abagaba B’Ingabo Zirwanira Mu Kirere Yashojwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2022 4:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu  wa Gatanu nibwo harangijwe inama yahuje Abagaba b’Ingabo zirwanira mu Kirere zo ku Mugabane w’Afurika n’ingabo z’Amerika zikorera mu Afurika yari imaze iminsi ibera muri Kigali Convention Center.

Yarangijwe n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura.

Ubwo yatangizaga iriya nama, Perezida Paul Kagame yavuze ko umutekano n’iterambere bitajya bisigana.

Yari igamije kungurana ibitekerezo k’ubufatanye bw’ingabo zirwanira mu kirere, by’umwihariko hakibandwa  ku bwikorezi bw’abantu n’ibintu muri Afurika, ibyo bita Strategic Airlift.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yateguwe ku bufatanye n’ubuyobozi bw’ingabo za Amerika zirwanira mu kirere zikorera mu Burayi n’izikorera muri Afurika (USAFE-AFAFRICA).

Umwe mu basirikare bakuru bitabiriye iyi nama
Col Innocent Munyengango wigeze kuba Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere Lt Gen Jean Jacques Mupenzi
Iyi nama yahuje abagaba b’ingabo zirwanira mu Kirere bo muri Afurika
Umwe mu bagore baba mu ngabo z’Abanyamerika zirwanira mu Kirere
Undi musirikare mu ngabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere witabiriye iyi nama

Amafoto: Moise Niyonzima

TAGGED:featuredIngaboKagameKazuraMupenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gufungura Umupaka W’u Rwanda Na Uganda Byanyuze Abo Muri EAC
Next Article Ikiganiro Cyihariye: Perezida Kagame Yavuze Kuri Kudeta, Kwiyamamaza Mu 2024…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?