Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Uko Inama Yahuzaga Abagaba B’Ingabo Zirwanira Mu Kirere Yashojwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Uko Inama Yahuzaga Abagaba B’Ingabo Zirwanira Mu Kirere Yashojwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2022 4:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu  wa Gatanu nibwo harangijwe inama yahuje Abagaba b’Ingabo zirwanira mu Kirere zo ku Mugabane w’Afurika n’ingabo z’Amerika zikorera mu Afurika yari imaze iminsi ibera muri Kigali Convention Center.

Yarangijwe n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura.

Ubwo yatangizaga iriya nama, Perezida Paul Kagame yavuze ko umutekano n’iterambere bitajya bisigana.

Yari igamije kungurana ibitekerezo k’ubufatanye bw’ingabo zirwanira mu kirere, by’umwihariko hakibandwa  ku bwikorezi bw’abantu n’ibintu muri Afurika, ibyo bita Strategic Airlift.

Yateguwe ku bufatanye n’ubuyobozi bw’ingabo za Amerika zirwanira mu kirere zikorera mu Burayi n’izikorera muri Afurika (USAFE-AFAFRICA).

Umwe mu basirikare bakuru bitabiriye iyi nama
Col Innocent Munyengango wigeze kuba Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere Lt Gen Jean Jacques Mupenzi
Iyi nama yahuje abagaba b’ingabo zirwanira mu Kirere bo muri Afurika
Umwe mu bagore baba mu ngabo z’Abanyamerika zirwanira mu Kirere
Undi musirikare mu ngabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere witabiriye iyi nama

Amafoto: Moise Niyonzima

TAGGED:featuredIngaboKagameKazuraMupenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gufungura Umupaka W’u Rwanda Na Uganda Byanyuze Abo Muri EAC
Next Article Ikiganiro Cyihariye: Perezida Kagame Yavuze Kuri Kudeta, Kwiyamamaza Mu 2024…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?