Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mafoto: Uko Inama Yahuzaga Abagaba B’Ingabo Zirwanira Mu Kirere Yashojwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Mafoto: Uko Inama Yahuzaga Abagaba B’Ingabo Zirwanira Mu Kirere Yashojwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2022 4:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu  wa Gatanu nibwo harangijwe inama yahuje Abagaba b’Ingabo zirwanira mu Kirere zo ku Mugabane w’Afurika n’ingabo z’Amerika zikorera mu Afurika yari imaze iminsi ibera muri Kigali Convention Center.

Yarangijwe n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura.

Ubwo yatangizaga iriya nama, Perezida Paul Kagame yavuze ko umutekano n’iterambere bitajya bisigana.

Yari igamije kungurana ibitekerezo k’ubufatanye bw’ingabo zirwanira mu kirere, by’umwihariko hakibandwa  ku bwikorezi bw’abantu n’ibintu muri Afurika, ibyo bita Strategic Airlift.

Yateguwe ku bufatanye n’ubuyobozi bw’ingabo za Amerika zirwanira mu kirere zikorera mu Burayi n’izikorera muri Afurika (USAFE-AFAFRICA).

Umwe mu basirikare bakuru bitabiriye iyi nama
Col Innocent Munyengango wigeze kuba Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere Lt Gen Jean Jacques Mupenzi
Iyi nama yahuje abagaba b’ingabo zirwanira mu Kirere bo muri Afurika
Umwe mu bagore baba mu ngabo z’Abanyamerika zirwanira mu Kirere
Undi musirikare mu ngabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere witabiriye iyi nama

Amafoto: Moise Niyonzima

TAGGED:featuredIngaboKagameKazuraMupenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gufungura Umupaka W’u Rwanda Na Uganda Byanyuze Abo Muri EAC
Next Article Ikiganiro Cyihariye: Perezida Kagame Yavuze Kuri Kudeta, Kwiyamamaza Mu 2024…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?