Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2025 4:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Amanota ari gutangarizwa muri Minisiteri y'uburezi.
SHARE

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kimaze gutangaza ko Kirehe, Kicukiro na Ngoma ari two Turere twatsindishije cyane kurusha utundi, aka nyuma kaba aka Nyaruguru.

Kirehe yabaye iya mbere naho Nyaruguru itsindisha bake.

Ni ibisubizo  byagaragaye mu bizamini byakozwe mu mashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025.

NESA yatangaje ko abakobwa batsinze ku kigero cya 53,2%  mu gihe abahungu batsinze ku kigero cya 46,8%.

Guhera saa cyenda kuri uyu wa Kabiri tariki 19, Kanama, 2025 nibwo NESA yatangaje ibyavuye mu bizamini byakozwe mu mashuri abanza n’ayisumbuye, icyiciro rusange.

Mu banyeshuri 149,206 biyandikishije ngo bakore ibizamini bya Leta by’ icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2024/2025, ababikoze ni abanyeshuri 148,702.

Muri bo, abatsinze ni 95,674, bangana na 64.35% y’abanyeshuri bose, barimo abahungu bari ku kigero cya 49.8% n’abakobwa bari ku kigero cya 50.2%.

Inzego zahereweho bagena amanota abana babonye.
TAGGED:AbanaAbanyeshurifeaturedGutsindaKireheNyaruguru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?