Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Rugamba Rwo Kugeza Imboga N’Imbuto Ku Bakiriya, Hari Abafite Umwihariko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Mu Rugamba Rwo Kugeza Imboga N’Imbuto Ku Bakiriya, Hari Abafite Umwihariko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2021 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kitwa Gombo. Kitanga serivisi zo kugeza ku bantu ibicuruzwa bakeneye cyane cyane imboga n’imbuto. Umwihariko wa Gombo ni uko isanga abahinzi aho  bari kubisarura, ikabirangura ikabigeza ku babishaka bigifite itoto.

Abakora mu buhinzi bazi neza ko imboga zitunze ku zuba cyangwa ahantu hashyushye zitakaza amazi arimo imyunyungugu( minerals) ifitiye abantu akamaro cyane cyane abana, abagore batwite n’abageze mu za bukuru.

Abakora mu kigo Gombo basa n’abamenye uku kuri hakiri kare bagashyiraho uburyo bwo kurinda ko imboga zajya zigezwa ku bazikeneye ;zitagifitiye umubiri akamaro kanini.’

Ku byerekeye igiciro, ni ibisanzwe ko umuguzi n’umugurisha bumvikana nk’uko bisanzwe bizwi.

Aha ariko Gombo yateganyije ibiciro, ibi biciro bikaba ari byo biherwaho hatangira ikiganiro hagati y’umuguzi n’ugurisha.

Ni byiza kurinda ko imbuto cyangwa imboga zitinda ku zuba.(Photo@NAEB Flickr)

Iri ni ihame mpuzamahanga.

Kubera ko amahoteli, za resitora no mu ngo abakora mu gikoni baba bakeneye imboga zigifite itoto kandi zikabageraho hakiri kare, gukorana na Gombo nta gihombo byabatera.

Ikindi kiza cyabo ni uko uburyo bwose wabishyuramo babwemera.

Ubashatse wababona kuri uru rubuga: www.ggombo.com.

Abakozi ba Gombo bapakira ibiribwa ngo babishyire abakiliya
Uzababona bambaye iyi mwenda
TAGGED:featuredGomboImbogaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urabeho Kanye! Kim Kardashian Yishumbushije Undi Mugabo
Next Article Rebecca Kadaga Ntakiyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?