Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Rugo Rwa Perezida Tshisekedi ‘Urukundo Rurakeba’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Rugo Rwa Perezida Tshisekedi ‘Urukundo Rurakeba’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2021 10:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu wa Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Denise Tshisekedi yanze guhisha amarangamutima ye, yerurira umugabo we ku mbuga nkoranyambaga  ko amukunda kandi ko amwifuriza ibyiza byose bituruka ku Mana. Hari kuri uyu munsi Perezida Tshisekedi yizihije isabukuru y’imyaka 58 amaze avutse.

Ku rubuga rwa Instagram rwa Denise Tshisekedi yanditse ati: “ Nyakubahwa Perezida sindi bwihishe mu nguni y’urugi kuko ndabizi wambona, ariko ndakumenyesha ko nishimiye kukwifuriza ibyishimo kandi uyu munsi wavutseho ni uw’amahirwe. Imana ikongerere ubwenge mu byo ukora kandi ukomeze uyubahe. Ihe umugisha intambwe zawe.”

Madamu Denise Tshisekedi  yanditse ko kuba afite umugabo umutega amatwi, akamuba hafi ari iby’agaciro kandi ko n’ubwo agira akazi kenshi, ariko atajya amuburira umwanya, ibyo akabimushimira.

Ati: “  Ndagukunda Felix”

Nta gihe kinini gishize Perezida Tshisekedi nawe atunguye umugore we akamuha indabo ku munsi we w’amavuko.

Tshisekedi yihishe mu nguni z’urugi rw’Ibiro bye ahamagaza umugore we ngo ahamusange, n’aho yari yamuteguriye indabo.

Hari tariki 09, Werurwe, 2021 ku isabukuru y’amavuko ya Denise Tshisekedi

Undi yarinjiye atungrwa no kubona umugabe we amuhobeye afite indabo.

Icyo gihe yari yatumije abantu bakozi mu Biro bye ngo baze bamufashe kwishimana n’umugore we.

Madamu Denise Nyakeru Tshisekedi yizihiza isabukuru ye y’amavuko buri tariki 09, Werurwe, buri mwaka.

TAGGED:CongofeaturedIsabukuruMadamuTshisekediUrukundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inama Ya Min Gatabazi Na Ba Guverineri, Meya Bose…Yibanze Ku Zihe Ngingo?
Next Article Hamas Irashaka Kureba Ubutwari Bwa Guverinoma Nshya Ya Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?