Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Rukiko Musonera Yagaragaje Gupfobya Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbutabera

Mu Rukiko Musonera Yagaragaje Gupfobya Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 September 2024 3:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Germain Musonera ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yavugiye mu rukiko amagambo ubushinjacyaha bwavuze ko ari gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.

Mu rukiko hari aho yanyuzagamo akavuga ko ku musozi yari atuyeho batakaje Abatutsi benshi.

Mu kuvuga ibyo yavugiye mu rukiko UMUSEKE  uvuga ko yagize ati: “Mu Rwanda tuzi ko habayeho Jenoside yakoreweAabatutsi, nta mututsi watakaye ndetse nta mbaraga MDR yari ifite”.

Ubushinjacyaha bwabwiye urukiko ko iyo mvugo ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi kandi ngo igaragaza uwo Musonera ari we nubwo ngo yemezaga ko ari uburenganzira bwe.

Ngo Urukiko rwagombye kubimubaza kuko kuba arimo kwiregura bitamuha ububasha bwo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Musonera yaje kwemera gukosora iyo mvugo avuga ko ari Jenoside yakorewe Abatutsi.

Yaje no kwerura  ko ishyaka rya MDR yabarizwagamo ryagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi.

Umwunganizi wa Musonera Germain Me Ndaruhutse Janvier we avuga  ko Umukiriya we atashobora kwihisha ubutabera kuko na mbere hose yazaga I Kiyumba kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi , gusabira abahungu abageni kandi yaje no gushyingura Umubyeyi we.

Izo ni impamvu ashingiraho yemeza ko aramutse akurikiranywe adafunzwe atacika ubutabera.

Ubushinjacyaha, ku ruhande rwabwo, bwo buvuga ko mu gihe gito gishize hari ibimenyetso bishya bwabonye bishinja uwo bukurikirana.

Bushingira kuri ibyo buvuga ko aramutse adafunzwe ashobora kugora ubutabera cyangwa akabucika.

Musonera kandi yaje no kwemera ko hari imbunda yigeze gutunga ariko akemeza ko yabikoze ijoro rimwe.

Nyuma yo kumva icyo buri ruhande ruvuga,  urukiko rwavuze ko rugiye kubisuzuma rukazatanga umwanzuro taliki 10, Nzeri, 2024  saa kumi z’umugoroba.

TAGGED:featuredJenosideMuhangaMusoneraUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufatanye Bw’Afurika N’Ubushinwa Buzakomeza Gutera Imbere- Kagame
Next Article Urubyiruko Rw’Abakorerabushake Ruzajya Ruhugura Abakoresha Umuhanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?