Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Umugore ‘Wibye Moto’ Ari Gushakishwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muhanga: Umugore ‘Wibye Moto’ Ari Gushakishwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 February 2023 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa umugore w’imyaka 22 ukurikiranyweho kwiba moto. Bivugwa ko yayibye arangije arayibaga kugira ngo agurishe ibyuma byayo.

Ni uwo mu Karere ka Muhanga. Icyakora Moto bivugwa ko yibye yabagiwe mu Murenge wa Mbuye, Akagari ka Kabuga, Umudugudu wa Nyamutarama.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo CIP Habiyaremye Emmanuel avuga ko amakuru yo kwibwa iriya moto byabaye taliki 19, Gashyantare 2023 saa mbili zijoro.

N’ubwo iyo moto yibwe yari ifite plaque RE 406 S.

Amakuru ya Polisi avuga ko uriya mugore yari asanzwe ari umukanishi ukorera mu Karere ka Muhanga.

CIP Habiyaremye ati: “ Nyiri moto yitwaTUYISHIME Jean Marie Vienney w’imyaka 39 y’amavuko atuye Kigali-Kicukiro.”

Yavuze ko bagiriye inama nyiri moto gutanga ikirego mu Bugenzacyaha.

Umugore yarabuze…

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko uriya mugore  uvugwaho kwiba no kubaga iriya moto, ari gushakishwa.

Ati “Ukekwaho ubujura arimo gishakishwa kandi twizera ko aboneka.”

Habiyaremye yemeza ko bafashe nyiri rugo iyo moto w’imyaka 50 y’amavuko akaba ashinjwa ubufatanyacyaha kubera ko yacumbikiye ukekwaho ubujura.

Nyuma yo gufata moto, barayisuzumye basanga hari ibyuma yakuyemo arabigurisha.

Si kenshi mu Rwanda havugwa ubujura bukozwe n’umugore.

TAGGED:featuredMotoMuhangaPolisiUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Bahawe Moto Biyemeza Kwegera Abaturage
Next Article Ubundi Bwanikiro Bwagwiriye Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?