Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mukuralinda Yasezeweho N’Ab’Ingeri Zose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mukuralinda Yasezeweho N’Ab’Ingeri Zose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2025 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aho Alain Bernard Mukuralinda avuka mu Karere ka Rulindo habereye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo kumushyingura.

Imihango yo kumusezeraho yahereye mu rugo rwe Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, mu Murenge wa Niboye, abantu babanza gusezera umurambo wa nyakwigendera nyuma yo kuwuvana mu buruhukiro bw’Ibitaro byitiriwe Umwami Faysal i Kigali.

Igitambo cya Misa cyo kumusezeraho cyabereye kuri Paruwasi Gatulika ya Rulindo kandi arashyingurwa mu irimbi ry’iyo Paruwasi.

Abantu b’ingeri nyinshi bagiye kumushyingura bakaba biganjemo abanyamakuru, abahanzi mu ndirimbo n’abakora muri sinema nyarwanda, abayobozi muri Leta, abo mu muryango wa nyakwigendera n’abaturanyi benshi.

UImuvugizi wa Guverinoma Yolande Makolo ari mu baje guherekeza Alain Mukuralinda bakoranaga bya hafi.

Ku mugoroba wok u wa 03, Mata, 2025 nibwo Alain Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yatabarutse.

Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rimubika ryasohotse bukeye bw’aho tariki 04, Mata, 2024.

Yashyinguwe i Rulindo.
TAGGED:featuredGushyinguraIrimbiMukuralindaRulindoUmurambo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bwiza Asaba Urubyiruko Kudaceceka Aho Bumvise Abapfobya
Next Article Harigwa Uko Imibu Yajya Irogwa Hakoreshejwe Amaraso Y’Umuntu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?